Mu Rwanda
Twabonye Amajwi ya Kazungu abaza Umukobwa yasambanyije niba atarwaye SIDA
Yanditswe: Friday 22, Sep 2023
Mu gihe Kazungu yabwiye urukiko ko abakobwa bagera kuri 13 yishe yabitewe n’uko bamwanduje SIDA ku bushake! Umuryango TV wabashije kubona amajwi ya Kazungu abaza Umukobwa yasambanyije ku ngufu, umwe muri babiri babashije kumucika bageze iwe mu Busanza aho yahambye abandi nabo agiye kubica, amubaza niba amaraso ye ari mazima ngo atangire anywe ibinini byamurinda kwandura SIDA! Hagati aho harimo n’amajwi ya Mutwarasibo avuga ukuntu batinyaga Kazungu cyane! Kurikira Video
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *