skol
fortebet

Mgr Antoine Kambanda yagizwe Arikiyepisikopi wa Diyosezi ya Kigali

Yanditswe: Monday 19, Nov 2018

Sponsored Ad

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis yagize Antoine Kambanda musenyeri wa Diosezi ya Kigali asimbuye Msgr Thadee Ntihinyurwa wemewe kujya mu kiruhuko cy’ izabukuru.
Mgr Kambana yari amaze imyaka itanu ayobora Diyoseze ya Kibungo, yagiyemo asimbura Msg Kizito Bahujimihigo nyuma yo gusezera kuri iyo mirimo.
Mgr Ntihinyurwa Thadee asimbuye, yagizwe Arikiyepisikopi wa Kigali muri Werurwe 1996. Musenyeri Kambanda umusimbuye yagizwe umuyobozi wa Diyoseze ya Kibungo tariki ya 9 (...)

Sponsored Ad

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis yagize Antoine Kambanda musenyeri wa Diosezi ya Kigali asimbuye Msgr Thadee Ntihinyurwa wemewe kujya mu kiruhuko cy’ izabukuru.

Mgr Kambana yari amaze imyaka itanu ayobora Diyoseze ya Kibungo, yagiyemo asimbura Msg Kizito Bahujimihigo nyuma yo gusezera kuri iyo mirimo.

Mgr Ntihinyurwa Thadee asimbuye, yagizwe Arikiyepisikopi wa Kigali muri Werurwe 1996. Musenyeri Kambanda umusimbuye yagizwe umuyobozi wa Diyoseze ya Kibungo tariki ya 9 Werurwe 2013.

Ibitekerezo

  • Nukuri abanyakibungo tukwifurije ubutumwa bwiza nkuko natwe watubereye umushumba mwiza utarumanza izo uragiye,

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa