Mgr Antoine Kambanda yagizwe Arikiyepisikopi wa Diyosezi ya Kigali
Yanditswe: Monday 19, Nov 2018
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis yagize Antoine Kambanda musenyeri wa Diosezi ya Kigali asimbuye Msgr Thadee Ntihinyurwa wemewe kujya mu kiruhuko cy’ izabukuru.
Mgr Kambana yari amaze imyaka itanu ayobora Diyoseze ya Kibungo, yagiyemo asimbura Msg Kizito Bahujimihigo nyuma yo gusezera kuri iyo mirimo.
Mgr Ntihinyurwa Thadee asimbuye, yagizwe Arikiyepisikopi wa Kigali muri Werurwe 1996. Musenyeri Kambanda umusimbuye yagizwe umuyobozi wa Diyoseze ya Kibungo tariki ya 9 (...)
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis yagize Antoine Kambanda musenyeri wa Diosezi ya Kigali asimbuye Msgr Thadee Ntihinyurwa wemewe kujya mu kiruhuko cy’ izabukuru.
Mgr Kambana yari amaze imyaka itanu ayobora Diyoseze ya Kibungo, yagiyemo asimbura Msg Kizito Bahujimihigo nyuma yo gusezera kuri iyo mirimo.
Mgr Ntihinyurwa Thadee asimbuye, yagizwe Arikiyepisikopi wa Kigali muri Werurwe 1996. Musenyeri Kambanda umusimbuye yagizwe umuyobozi wa Diyoseze ya Kibungo tariki ya 9 Werurwe 2013.
Ibitekerezo
Nukuri abanyakibungo tukwifurije ubutumwa bwiza nkuko natwe watubereye umushumba mwiza utarumanza izo uragiye,