skol
fortebet

Diane Rwigara yahakanye ibyo gusinyirwa n’abapfuye

Yanditswe: Friday 14, Jul 2017

Sponsored Ad

Diane Shima Rwigara umwe mu bahatanira kuyobora u Rwanda utarashyizwe ku rutonde nta kuka yahakanye ibyo gusinyirwa n’abapfuye igihe yashakaga imikono 600 yabamusinyira kugirango yiyamamaze.
Diane avuga ko irangamuntu Komisiyo y’amatora yeretse itangazamakuru ntaho zihuriye nizo we yari afite.Avuga ko nawe atazi uko byagenze kugirango NEC imubeshyere.

Sponsored Ad

Diane Shima Rwigara umwe mu bahatanira kuyobora u Rwanda utarashyizwe ku rutonde nta kuka yahakanye ibyo gusinyirwa n’abapfuye igihe yashakaga imikono 600 yabamusinyira kugirango yiyamamaze.

Diane avuga ko irangamuntu Komisiyo y’amatora yeretse itangazamakuru ntaho zihuriye nizo we yari afite.Avuga ko nawe atazi uko byagenze kugirango NEC imubeshyere.

Ibitekerezo

  • ihangane ukuri kuricisha wavugishije ukuri ntibyari kukugwamahoro,Imana irabirora

    Wa mwana we rwose uracyari muto va mu matiku n’imijinya ujye gushaka umugabo ibyo kuyobora igihugu birakurenze. Nushobora kuyobora urugo azaba ari intangiriro. Kuba perezida sinkeka ko ari iby’ingaragu zirirwa zifata selfie zabwanitse!

    Imana nayo yaragowe, ubwo abantu bazabashuka namwe ngo muri za banyaporitique ra. Ubwo ukuri afite se nukuhe? arumva aho urwanda n’abanyarwanda bageze bakibeshwa nkuko koko? Ahubwo nage kubwira abamutumye ko urwanda rutakiri byabihugu batobanga uko bashatse. Twariboheye uretse mwe mukibowe iyo kwa rugigana. Muzabaze sha ntabwo amagambo akikanga abanyarwanda.

    yavuga iki kinde se ko ntawundi yabeshyeye ahubwo guma hamwe ubutabera bukubone wishyize hejuru ushaka kureba igisture sha iyumugabo amafoto wambaye ubusa yu mwimerere uti ntawe batabwambitse ukagirango twese ntizi gusesengura photoshop na original warawriyambitse genda ukomeze wikorere ubucuruzi abakubeshye ninkuko babeshye ingabire none dore aho ari ushatse uzabitekereze wihe igisubizo

    Wihangane kandi ukomeze gusenga kuko Umucamanza w ukuri utarenganya ari kubabona byose.Ni WE wenyine wo kukurenganura hamwe na urubanza ukuri inyuma kuko WE ni Umwana w abami

    Diane yerekanye ubwitonzi n,ubushishozi. Yerekanye ko adatinya kuvugisha ukuli kandi ko atazasubira inyuma. Ni uwo gushyigikirwa n,abashaka kuvana u Rwanda mu kaga rulimo.

    Esebundi Abanyamategeko Bakubahirije Umuntuwese Bataravye Ubwoko Canke Igitsina Haa Erega Igihugu Kiraryoshe.

    njyewe nakubwirango witinya,,cg,ngo,ucike,intege,,niba,uri mukuri kigumemo,amateka azakurenganura!!!

    njyewe nakubwirango witinya,,cg,ngo,ucike,intege,,niba,uri mukuri kigumemo,amateka azakurenganura!!!

    Agaciro Peace, gushaka umugabo si umushinga ubyara inyungu, kandi nta gihano cyo gukererwa nta n’igihembo cyo kuzinduka. Abana nabo gushaka siko kubyara, twese dufite impano zitandukanye. Mureke akurikire inyenyeri imuyobora natayumvira ingaruka azazirengera.Kuko mu kinyarwanda baravuga ngo "IYO USEKA,USEKANA N’ABANDI! WARIRA UKARIRA WENYINE! Kandi ibyo n’umugabo wo kubihamya.

    Singuteye ibuye,ibuka umuntu wakubwiye 32Question.
    Icyambere waragitsinze,icya kabili kirakurenga cyane. 30 bisigaye ihangane ushobora kuzaseka rwose.ndakomeza nkumenyere

    ntantinya kivugisha ukuri akomeje yakwibona ahantu atigeze agera cyangwa mokimwe agakirira se

    ARIKOSE KO YAGIZENGO TURI BABATURAGE BAMBERE YI 1990 KOKO!!!! ABANYARWANDA TWABAYE BA SHYA NTITUKIRI BABA NDI UZA UKIBESHYERA UKO USHAKA NGUZADUHA IMIHANDA,AMAVURIRO,AMASHURI,NGO ABANYESHURI BAZIGIRA UBUNTU NIBINDI MUZA MUVUGA NONESE MUZADUHA IBYO DUFITE KOKO NGO TUZIGIRA UBUNTU NONESE UBUNDI NTITWIGIRA UBUNTU

    Iyo mipira yitugurisheho. Twayisanga he?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa