skol
fortebet

Kamonyi: Umusore ukekwaho kwica nyina agatoroka yafashwe

Yanditswe: Monday 26, Jun 2017

Sponsored Ad

Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umusore witwa Tuyishimire Alex ukekwaho kwica nyima amuteye icumu.
Aya makuru yemejwe n’ umuvugizi wa polisi y’ u Rwanda mu ntara y’ amajyepfo mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda.
Yagize ati “Nibyo koko uyu musore yafashwe, yafatiwe mu gishanga cy’ I Bugesera aho yari yihishe bigaragara ko ashaka gukica.”
Yavuze ko aya makuru y’ uko uyu musore yihishe mu gishanga mu Bugezera polisi yayahawe n’ abaturage kubera imikoranire myiza uru rwego (...)

Sponsored Ad

Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umusore witwa Tuyishimire Alex ukekwaho kwica nyima amuteye icumu.

Aya makuru yemejwe n’ umuvugizi wa polisi y’ u Rwanda mu ntara y’ amajyepfo mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda.

Yagize ati “Nibyo koko uyu musore yafashwe, yafatiwe mu gishanga cy’ I Bugesera aho yari yihishe bigaragara ko ashaka gukica.”

Yavuze ko aya makuru y’ uko uyu musore yihishe mu gishanga mu Bugezera polisi yayahawe n’ abaturage kubera imikoranire myiza uru rwego rufitanye n’ abaturage.

Ibindi kuri iyi nkuru kanda hano Kamonyi: Umusore arakekwaho kwica nyina babanaga mu nzu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa