skol
fortebet

Kigali:Polisi yafashe Umu masayi wazunguzaga inkweto imushyize muri pandagali inanirwa kugenda

Yanditswe: Saturday 19, Jan 2019

Sponsored Ad

skol

Mu gihe abandi bazunguzayi baciwe mu muhanda ariko iyo ugiye hirya no hino mu mujyi wa kigali usanga abazunguzayi b’abamasayi bambaye imyenda y’ihariye bacuruza inkweto zifunguye ndetse n’imikandara abantu benshi bibaza impamvu bo badafatwa.

Sponsored Ad

kuri uyu wa gatanu tariki ya 18/01/2019 i Nyabugogo Polisi yafashe umu masayi wazunguzaga inkweto imushyize muri pandagali inanirwa kugenda baramurekura arigendera ariko n’ubundi imodoka ikomeza gukwama.

Abantu benshi bashinja aba bamasayi kuba ari abarozi kuko batajya bacibwa mu mihanda kandi nabo bazunguza abandi bakibwira ko polisi ibatinya ariko byaje kugaragara ko bagendana amarozi.

Aba bamasayi bacuruza ibintu bituruka ku mpu birimo imikandara n’inkwegto zifunguye(Sandale) baturuka mu gihugu cya Tanzania ndetse akaba ari n’ubwoko burangwa n’amarozi cyane dore ko n’imyambarire yabo iba yihariye.

Tanzania ni igihugu kibarizwamo amarozi cyane dore ko ibyo kuraguza na zanyabingi byaje mu Rwanda biturutse muri icyo gihugu.

Src:Rwandatoday

Ibitekerezo

  • That’s African culture man

    That is true.Ni amarozi aturuka ku Badayimoni.Ngirango benshi bajya babona ukuntu umuntu umwe afata imodoka ikanga kugenda.Cyangwa bamwe barya inzembe bakazimira ntibapfe.Amadayimoni arakora cyane.Yesu ubwe yahamije ko Abadayimoni babaho,kubera ko yajyaga abirukana mu bantu bakagenda.Abadayimoni ni "abamarayika" bigometse ku Mana,noneho Imana ibirukana mu Ijuru,baza hano ku isi.Byisomere muli Ibyahishuwe 12:7-10.Ariko Imana yateganyije igihe izakuraho Satan n’Abadayimoni be,hamwe n’abantu bose bakora ibyo itubuza.Soma Imigani 2:21,22.Nibwo isi izagira amahoro kandi ibibazo byose bikavaho,ndetse n’Urupfu.Soma Ibyahishuwe 21:4.Mujye mumenya ko Imana ikorera kuli Calendar yayo.Ku Munsi w’Imperuka,nibwo izahindura ibintu bishya.It is a matter of time.Aho kubipinga,shaka Imana cyane,we kwibera mu byisi gusa,niba ushaka kuzarokoka kuli uwo Munsi.Bisome muli Zefaniya 2:3.Tujye twiga neza Bible,tumenye ibyo ivuga.

    Ahubwo se wowe utinyutse kubandikaho wagize ngo ibyawe byo biroroshye nyibisirizwa ivuzivuzi ubundi iyo ubibonye ufunga umudomo

    uratubeshye. ntabwo ariho byaturutse . uzasome neza.

    ndumva bintangaje abobanu nabarozi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa