ITORA RYA PEREZIDA, Uganda, U Bubiligi, U Buholandi, Ethiopie, Afurika y’Epfo, Kenya n’ahandi
Yanditswe: Thursday 03, Aug 2017
Kuri uyu wa 3 Kanama 2017, benshi mu Banyarwanda baba mu bihugu byo hanze, batangiye gutora Perezida wa Repubulika.Ni mu gihe mu gihugu cy’u Rwanda amatora ateganyijwe ku munsi w’ejo, tariki ya 04 Kanama 2017.
Biteganyijwe ko ibiro by’itora bizaba bifunguye guhera saa moya za mugitondo kugeza saa cyenda z’umugoroba.Komisiyo y’Amatora mu Rwanda, NEC yibutsa buri munyarwanda kujya gutora yitwaje ibyangombwa byose birimo n’ikarita y’itora ndetse n’irangamuntu....
Diaspora haratora abasaga ibihumbi (...)
Kuri uyu wa 3 Kanama 2017, benshi mu Banyarwanda baba mu bihugu byo hanze, batangiye gutora Perezida wa Repubulika.Ni mu gihe mu gihugu cy’u Rwanda amatora ateganyijwe ku munsi w’ejo, tariki ya 04 Kanama 2017.
Biteganyijwe ko ibiro by’itora bizaba bifunguye guhera saa moya za mugitondo kugeza saa cyenda z’umugoroba.Komisiyo y’Amatora mu Rwanda, NEC yibutsa buri munyarwanda kujya gutora yitwaje ibyangombwa byose birimo n’ikarita y’itora ndetse n’irangamuntu....
Diaspora haratora abasaga ibihumbi 600
Esther Mbabazi wakoze amateka akomeye atwara indege mu Rwanda yatoreye mu gihugu cya Ghana
Centrafrique: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro nabo batoye
Amerika: Abanyarwanda batuye i New York no mu nkengero zaho bamaze kugera ku biro by’itora
Tuyisenge Jacques ukinira Amavubi yatoreye muri Kenya
Mu Budage naho batangiye gutora
Aba bana bagiye gutora bwa mbere kuko bujuje imyaka 18 uyu mwaka.
Baratorera muri Kenya, ubu bamaze kugera ku cyicaro cya Ambasade y’u Rwanda i Nairobie.
Ambasaderi Nkurunziza uhagarariye u Rwanda muri Turkey yatangije igikorwa cy’amatora
Muri Cote d’Ivoire nabo amatora bayageze kure
Edson Mpyisi yamaze gutora, ngo ni ishema kuri we kuko ari uruhare rwe
Ambasaderi Venantie Sebudandi uhagarariye u Rwanda mu Buyapani niwe wabimburiye abandi gutora
Mu Bushinwa bari mu myiteguro ya nyuma y’ibirori by’amatora, ngo bariyakira
Tumukunde Hope uhagarariye u Rwanda muri Ethiopie niwe wabimburiye abandi gutora
Munyeshuri Jeanninne w’i Geneve mu Busuwisi yamaze gutora
Mu gihugu cya Uganda abasaga 7000 nibo bateganyijwe gutorera i Kampala, baratorera kuri ambasade...
Mu Bubiligi, Ambasaderi Nduhungirehe uhagarariye u Rwanda niwe wabimburiye abandi gutora Perezida wa Repubulikan y’u Rwanda...
Mu Buholandi naho batangiye gutora igikorwa cyatangijwe na Ambasaderi Karabaranga uhagarariye u Rwanda muri iki gihugu.....
Muri Ethiopie, igikorwa cy’amatora kirarimbanyije, ntibatanzwe n
Nairobie mu gihugu cya Kenya naho igikorwa cy’amatora cyatangiye....Iki gikorwa kirabera Mu Mujyi wa Nairobie, no mu Mujyi wa Mombasa
Abatuye muri Suede umunezero ni wose....Ubukwe bwatangiye
Mu Bwongereza naho amatora ageze kure
<hmo31363|center>
Mu Buyapani naho abasaga 20 bamaze gutorera ku biro by’itora biri i Tokyo....Ntabgoba Jiovanie umwe mu Banyarwanda bari i Tokyo yabwiye Kigali Today ducyesha iyi nkuru ko amatora yatangiye muri uyu Mujyi kandi ngo Abanyarwanda bafite ishyaka ryo kwitorera umuyobozi ubakwiriye.
Djibuti: Abanyarwanda bahatuye bateraniye mu gace ka Sheraton Hotel aho bari butorere
Muri Koreya y’Amajyepho, igikorwa kiri kubera i Seoul mu Murwa mukuru w’iki gihugu
Nigeria bari gutorera mu Mijyi ine yo muri iki gihugu ariyo ’’ Abuja, Abidjan, Accra,na Cotonou"
Suede, Danemark, Norvege, na Finland gahunda irakomeje
Abanyarwanda baba muri chipre nabo bari gutora umukuru w’Igihugu
Dakar muri Senegal naho Abanyarwanda bari gutor.
Igikorwa cyabereye ku cyicaro cya Ambassade y’u Rwanda, kikaba cyanitabiriwe cyane n’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 ya Handball iri mu marushanwa Nyafrika ari kubera muri iKi gihugu.
Ibitekerezo
ariko se banyamakuru ko mwandika inkuru mutabanjye kureba ibyo mwandika. Nduhungirehe niwe wabimburiye abandi gutora kandi icyatoreramo kirimo ibindi bipapuro?Yuuuup, Muratubeshye rwose.
Uwapfuye yarihuse atabonye uko abanyarwanda buzuye isi nyamara kubwa habyara abari bazi hanze y’imipaka bari mbarwa...ijambo diaspora ubanza nta nuwari urizi mubaturage basannzwe.nakataraza kari imbere...
Nigeria bari gutorera mu Mijyi ine yo muri iki gihugu ariyo ’’ Abuja, Abidjan, Accra
Suede, Danemark, Norvege, na Finland gahunda irakomeje
Abanyarwanda baba muri chipre nabo bari gutora umukuru w’Igihugu
Dakar muri Senegal naho Abanyarwanda bari gutor.
Igikorwa cyabereye ku cyicaro cya Ambassade y’u Rwanda, kikaba cyanitabiriwe cyane n’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 ya Handball iri mu marushanwa Nyafrika ari kubera muri iKi gihugu.
AddThis Sharing Buttons
Share to FacebookShare to TwitterShare to Google+Share to WhatsAppShare to Email
Ibitecyerezo
Amazina
Igitecyerezo cyawe
Amategeko n’amabwiriza birkurikizwa
Mu Rwanda
LIVE: ITORA RYA PEREZIDA,
LIVE: ITORA RYA PEREZIDA, Uganda, U Bubiligi, U Buholandi, Ethiopie, Afurika y’Epfo, Kenya n’ahandi
3 August Yasuwe: 643
Mpayimana wagaragaye...
Mpayimana wagaragaye bwa mbere aherekejwe n’umugore we, yavuze ku umutekano yahawe
3 August Yasuwe: 472
Polisi yashyikirije...
Polisi yashyikirije Ibiro by’ivunjisha amayero 300,000 yafatanye abari bayibye
3 August Yasuwe: 52
Uko umutekano wagenze mu
Uko umutekano wagenze mu bikorwa byo kwiyamamaza no kubamamaza Abakandida mu mboni ya IGP Gasana
2 August Yasuwe: 165
Dr Frank Habineza ngo
Dr Frank Habineza ngo natorwa azorohereza abazunguzayi gukora
2 August Yasuwe: 855
ANDI MAKURU
Icyo Pasiteri Mpyisi...
Icyo Pasiteri Mpyisi avuga ku bukwe bw’umupfumu yanavugiyemo ijambo rikomeye
3 August
Reba urutonde rw’abakinnyi
Reba urutonde rw’abakinnyi 5 b’ibihangange babyaye bakiri ingimbi(Amafoto)
3 August Yasuwe: 13
Miss Shanel yamuritse
Miss Shanel yamuritse amashusho y’indirimbo ‘Igisingizo’ yanditswe na Depite Bamporiki
3 August Yasuwe: 13
Danny Nanone yaguye...
Danny Nanone yaguye ku gasongero k’ubwiyunge n’abategura Guma Guma
3 August Yasuwe: 51
Chameleone yahamije...
Chameleone yahamije ko urugo rwe na Daniella rwasenyutse burundu(AMAFOTO)
3 August Yasuwe: 143
Ahabanza
Amakuru
Murwanda
Mu Mahanga
Imyidagaduro
Imikino
Urukundo
Ibitecyerezo
Udushya
UmuryangoTV
Niko wa Munyamakuru we ko uri kutubihiriza ubukwe. Ngo Muri Nigeria bari gutorera mu Mijyi ine yo muri iki gihugu ariyo ’’ Abuja, Abidjan, Accra,na Cotonou". Rwose wowe uko ubizi iyi migi ni iyo muri Nigeria koko? Uzi ko urushwa kumenya Africa na ka kana ko kuri whatsapp kafashe Abaperezida ba Africa n’imirwa mikuru y’ibihugu bya Africa mu mutwe. Namwe rwose ntimugakabye. Ngaho nimukosore, nimushaka comment yanjye ntimuyigaragaze, I don’t want expose you!