skol
fortebet

Musanze:Bari kugurisha ijerekani y’inkari ku mafaranga 1,000

Yanditswe: Saturday 19, Dec 2020

Sponsored Ad

skol

Ibyishimo ni byinshi mu baturage batuye mu Kagari ka Bubandu mu Murenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze kubera ko baboneye isoko ryo kugurishaho inkari, aho ijerekani imwe umushoramari ayigura ku Frw 1,000.

Sponsored Ad

Aba baturage babwiye KT Radio ko ubu bucuruzi bubinjiriza amafaranga, ko ubu batacyihagarika mu bwiherero.

Umwe muri bo ati ” Ntitugisoba mu musarani. Ni mu kidomora. Ni ukunywa igikoma cyinshi cyane. Turazigurisha bakaguha igihumbi. Turazibika zakuzura ijerekani, bakaduha igihumbi. Mu cyumweru mba nyujuje.”

Undi yunzemo ngo ” Nshobora kubona ibihumbi bine ku kwezi. None mbiguzemo inkoko ntiyangirira akamaro. Turazibika tukazazigurisha.”

Aba baturage icyo bahurizaho ni ukuba uyu mushoramari ugura inkari azibyazamo ifumbire nabo bikabinjiriza amafaranga.

Ibitekerezo

  • Iyo soko bayintarukane muburundi vuba vuba naho bontuma 20litre par jour nozironka vyoroshe

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa