skol
fortebet

Reba videwo y’umuhango w’irahira rya minisitiri w’Intebe mushya Dr.Ngirente Edouard

Yanditswe: Wednesday 30, Aug 2017

Sponsored Ad

skol

Mu ijambo Perezida Kagame yagejeje ku bitabiriye umuhango w’irahira rya minisitiri w’Intebe,Dr.Ngirente Edouard yibukije uyu muminisitiri ko akamenyero k’u Rwanda na guverinoma ari uko abanyarwanda batajya bakora bonyine ko ahubwo bakorera hamwe.
Perezida Kagame kandi yashimye imikorere yaranze minisitiri w’intebe ucyuye igihe, ari we Murekezi Anastaze.
REBA VIDEWO HANO IRIMO UMUHANGO W’IRAHIRA RYA MINISITIRI W’INTEBE MUSHYA
Yashimye kandi imikorere ya guverinoma yose ishoje igihe ariko (...)

Sponsored Ad

Mu ijambo Perezida Kagame yagejeje ku bitabiriye umuhango w’irahira rya minisitiri w’Intebe,Dr.Ngirente Edouard yibukije uyu muminisitiri ko akamenyero k’u Rwanda na guverinoma ari uko abanyarwanda batajya bakora bonyine ko ahubwo bakorera hamwe.

Perezida Kagame kandi yashimye imikorere yaranze minisitiri w’intebe ucyuye igihe, ari we Murekezi Anastaze.

REBA VIDEWO HANO IRIMO UMUHANGO W’IRAHIRA RYA MINISITIRI W’INTEBE MUSHYA

Yashimye kandi imikorere ya guverinoma yose ishoje igihe ariko anatangaza ko hari impinduka ziza kugaragara muri guverinoma nshya

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa