skol
fortebet

VIDEWO+AMAFOTO Ubwo Perezida Kagame yashimiragara buri wese wamufashije mu bikorwa byo kwiyamamaza

Yanditswe: Saturday 05, Aug 2017

Sponsored Ad

Perezida Paul Kagame w’imyaka 57 y’amavuko yashimye buri wese wagize uruhare rukomeye mu bikorwa by’amatora byatangiye muri Nyakanga kugeza muri Kanama 2017. Uyu mukuru w’Igihugu yavuze ko FPR Inkotanyi imaze ku butegetsi imyaka irenga 20 atsinze amatora akurikije ibyo komisiyo y’amatora yatangaje ko.
Muri manda y’imyaka irindwi yavuze ko azahanira kubaka umunyarwanda uhamye. Yagize ati "Muri ibi bikorwa rero tugenda tuvamo bisa naho abanyarwanda berekanye ukuri kuburyo werekana ibyo wahisemo (...)

Sponsored Ad

Perezida Paul Kagame w’imyaka 57 y’amavuko yashimye buri wese wagize uruhare rukomeye mu bikorwa by’amatora byatangiye muri Nyakanga kugeza muri Kanama 2017. Uyu mukuru w’Igihugu yavuze ko FPR Inkotanyi imaze ku butegetsi imyaka irenga 20 atsinze amatora akurikije ibyo komisiyo y’amatora yatangaje ko.

Muri manda y’imyaka irindwi yavuze ko azahanira kubaka umunyarwanda uhamye. Yagize ati "Muri ibi bikorwa rero tugenda tuvamo bisa naho abanyarwanda berekanye ukuri kuburyo werekana ibyo wahisemo imbere y’abandi ubu akazi kagiye gutangira ubu n’imyaka irindwi yo gukomeza kwita kubibazo by’abanyarwanda ndetse no guharanira ko umunyarwanda akomeza kuba uwigeza kuri byinshi."

Kugeza ubu NEC yamaze gukusanya amajwi y’abatoye bose (100%), ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 05 Kanama 2017 yatangaje imibare y’agateganyo y’ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye kuri uyu wa Gatanu no ku wa kane. Iyi mibare igaragaza ko Kagame Paul yagize amajwi 98.63%, Mpayimana agira 0.73 naho Frank Habineza agira 0.47%.

REBA AMAFOTO:







REBA UMUHANGO WOSE UKO WAGENZE, WABEREYE KU CYICARO GIKURU CYA RPF I RUSORORO

President Kagame acceptance speech | Kigali, 5 August 2017

AMAFOTO+VIDEWO:Urugwiro Village

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa