VIDEWO+AMAFOTO Ubwo Perezida Kagame yashimiragara buri wese wamufashije mu bikorwa byo kwiyamamaza
Yanditswe: Saturday 05, Aug 2017
Perezida Paul Kagame w’imyaka 57 y’amavuko yashimye buri wese wagize uruhare rukomeye mu bikorwa by’amatora byatangiye muri Nyakanga kugeza muri Kanama 2017. Uyu mukuru w’Igihugu yavuze ko FPR Inkotanyi imaze ku butegetsi imyaka irenga 20 atsinze amatora akurikije ibyo komisiyo y’amatora yatangaje ko.
Muri manda y’imyaka irindwi yavuze ko azahanira kubaka umunyarwanda uhamye. Yagize ati "Muri ibi bikorwa rero tugenda tuvamo bisa naho abanyarwanda berekanye ukuri kuburyo werekana ibyo wahisemo (...)
Perezida Paul Kagame w’imyaka 57 y’amavuko yashimye buri wese wagize uruhare rukomeye mu bikorwa by’amatora byatangiye muri Nyakanga kugeza muri Kanama 2017. Uyu mukuru w’Igihugu yavuze ko FPR Inkotanyi imaze ku butegetsi imyaka irenga 20 atsinze amatora akurikije ibyo komisiyo y’amatora yatangaje ko.
Muri manda y’imyaka irindwi yavuze ko azahanira kubaka umunyarwanda uhamye. Yagize ati "Muri ibi bikorwa rero tugenda tuvamo bisa naho abanyarwanda berekanye ukuri kuburyo werekana ibyo wahisemo imbere y’abandi ubu akazi kagiye gutangira ubu n’imyaka irindwi yo gukomeza kwita kubibazo by’abanyarwanda ndetse no guharanira ko umunyarwanda akomeza kuba uwigeza kuri byinshi."
Kugeza ubu NEC yamaze gukusanya amajwi y’abatoye bose (100%), ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 05 Kanama 2017 yatangaje imibare y’agateganyo y’ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye kuri uyu wa Gatanu no ku wa kane. Iyi mibare igaragaza ko Kagame Paul yagize amajwi 98.63%, Mpayimana agira 0.73 naho Frank Habineza agira 0.47%.
REBA AMAFOTO:
REBA UMUHANGO WOSE UKO WAGENZE, WABEREYE KU CYICARO GIKURU CYA RPF I RUSORORO
President Kagame acceptance speech | Kigali, 5 August 2017
AMAFOTO+VIDEWO:Urugwiro Village
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *