Ese imyanzuro ya UPR ishobora kuzahura umubano w’u Rwanda n’Ubufansa?
Yanditswe: Tuesday 16, Jan 2018
Imiryango itandukanye n’ibihugu bikomeje gusaba ko Leta y’Ubufaransa yagira uruhare mu kohereza abakekwaho uruhare muri jonoside yakorewe abatutsi mu Rwanda, ndetse no gutanga amadosiye asobanura iby’uruhare ikekwaho muri iyi jonoside.
Ni amajwi yumvikanye mu biganiro by’akanama k’isuzuma ngarukamwaka ry’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu ku Isi (Human Rights Council Universal Periodic Review).
Imyanzuro ya nyuma y’aka kanama izashyikirizwa Ubufaransa ntirasohoka kuko ibiganiro bigikomeje (...)
Imiryango itandukanye n’ibihugu bikomeje gusaba ko Leta y’Ubufaransa yagira uruhare mu kohereza abakekwaho uruhare muri jonoside yakorewe abatutsi mu Rwanda, ndetse no gutanga amadosiye asobanura iby’uruhare ikekwaho muri iyi jonoside.
Ni amajwi yumvikanye mu biganiro by’akanama k’isuzuma ngarukamwaka ry’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu ku Isi (Human Rights Council Universal Periodic Review).
Imyanzuro ya nyuma y’aka kanama izashyikirizwa Ubufaransa ntirasohoka kuko ibiganiro bigikomeje kugeza kuya 26 Mutarama uyu mwaka.
Ese iyi myanzuro ishobora kuzahura umubano w’ibihugu byombi?Kanda hano wumve abasesenguzi mu mategeko.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *