skol
fortebet

Louise Mushikiwabo atorewe kuyobora OIF ku bwiganze bw’ amajwi

Yanditswe: Friday 12, Oct 2018

Sponsored Ad

Umunyarwandakazi Louise MUSHIKIWABO niwe utorewe kuyobora umuryango w’iihugu bikoresha igifaransa kuri uyu wa 12 Ukwakira 2018.

Sponsored Ad

Mu bifite uburenganzira bwo gutora hari harimo ibihugu 29 bigize AU, byagaragarije hamwe ko bishyigikiye kandidatire ya Mushikiwabo, Umunyafurikakazi unayoboye Inama y’Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga muri AU.

Uyu Mukandida wa Afurika ubwe aherutse gutangaza ko yifitiye icyizere ndetse kitari gishingiye gusa ku banyafurika gusa ahubwo no ku bihugu byinshi yazengurutsemo abereka icyo azageza ku muryango wa OIF.

Louise Mushikiwabo w’ imyaka 57 y’ amavuko yari amaze imyaka 9 ari Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda, mbere yaho yari Minisitiri w’ itangazamakuru . Iyi Minisiteri yavuzeho muri 2009.

Ibitekerezo

  • Tugomba kumuha FELICITATIONS-CONGRATULATIONS.
    Ni intsinzi ikomye cyane.Ariko nk’umukristu,ndamusaba no gushaka imana cyane,ntaheranwe na politics.Yesu yasize adusabye "gushaka mbere na mbere ubwami bw’imana" nkuko dusoma muli Matayo 6:33.Honors,Titles,Riches,ntacyo bimaze iyo udashyiraho umwete ngo ushake imana.Turabita tugapfa.Ariko iyo ukora ibyo Yesu yasize adusabye,azakuzura ku munsi w’imperuka,aguhe ubuzima bw’iteka nkuko tubisoma muli Yohana 6:40.Dukore kugirango tubeho,ariko dushake n’imana cyane.Twige bible neza iduhindure,tujye mu materaniro ya gikristu,ndetse tujye no mu nzira tubwirize abantu.Niwo murimo Yesu yasize asabye abakristu nyakuri muli Yohana 14:12,nkuko nawe yabigenzaga.

    Ko ntamajwi mweagaragaje?

    CONGRATULATIONS Mme MUSHIKIWABO

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa