skol
fortebet

MINALOC yabeshyuje amakuru avuga ko Meya Mupenzi yeguye agatabwa muri yombi

Yanditswe: Wednesday 11, Oct 2017

Sponsored Ad

Minisiteri y’ ubutegetsi bw’ igihugu kuri uyu wa 11 Ukwakira 2017 yatangaje ko amakuru avuga ko umuyobozi w’ akarere ka Nyatagare yeguye agafunga ari ibihuha.
Iyi Minisiteri ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter yagize ati "Amakuru akwirakwizwa ko Mayor Mupenzi George wa Nyagatare yeguye ku mirimo ye cyangwa yafunzwe ni impuha. Ababikwirakwiza barabeshya"
Amakuru akwirakwizwa ko Mayor Mupenzi George wa Nyagatare yeguye ku mirimo ye cyangwa yafunzwe ni impuha. Ababikwirakwiza barabeshya
— (...)

Sponsored Ad

Minisiteri y’ ubutegetsi bw’ igihugu kuri uyu wa 11 Ukwakira 2017 yatangaje ko amakuru avuga ko umuyobozi w’ akarere ka Nyatagare yeguye agafunga ari ibihuha.

Iyi Minisiteri ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter yagize ati "Amakuru akwirakwizwa ko Mayor Mupenzi George wa Nyagatare yeguye ku mirimo ye cyangwa yafunzwe ni impuha. Ababikwirakwiza barabeshya"

Ibitekerezo

  • uyu mu mayor muzi nk’inyangamugayo kdi wanga akarengane aho kava kakagera!! ibyo ababikwirakwiza ahubwo nibahanwe

    NTA NDURU IVUGIRA UBUSA KU MUSOZI , UBWO NABE YISHYUSHYA.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa