Minisiteri y’Abakozi yatangaje ikiruhuko nyuma y’umunsi w’umuganura
Yanditswe: Friday 25, Aug 2017
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yamaze gutangaza ko kubera ko umunsi w’Umuganura uzaba ku Cyumweru; ku wa Mbere tariki ya 28 Kanama 2017 hazaba ari ikiruhuko ku bakozi bose.
Umunsi w’umugana wagombaga kwizihizwa ku wa 4 kanama ariko icyo gihe byahuriranye n’amatora y’umukuru w’Igihugu hafatwa umwanzuro w’uko uyu munsi wigizwe inyuma ukaba ku wa 27 kanama 2017.
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 25 Kanama 2017, Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yanditse ku rukuta rwayo rwa Twitter, (...)
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yamaze gutangaza ko kubera ko umunsi w’Umuganura uzaba ku Cyumweru; ku wa Mbere tariki ya 28 Kanama 2017 hazaba ari ikiruhuko ku bakozi bose.
Umunsi w’umugana wagombaga kwizihizwa ku wa 4 kanama ariko icyo gihe byahuriranye n’amatora y’umukuru w’Igihugu hafatwa umwanzuro w’uko uyu munsi wigizwe inyuma ukaba ku wa 27 kanama 2017.
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 25 Kanama 2017, Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yanditse ku rukuta rwayo rwa Twitter, imenyesha abakozi bose ko ku wa mbere w’iki cyumweru gitaha ari umunsi w’ikiruhuk.Yagize iti “Kubera Umunsi w’Umuganura uzizihizwa ku Cyumweru, ku wa Mbere tariki ya 28 Kanama 2017 ni Umunsi w’Ikiruhuko mu Rwanda.”
Ubutumwa bwa MIFOTRA
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *