skol
fortebet

Nyuma y’umwaka umwe atowe, Meya wa Kamonyi yeguye

Yanditswe: Tuesday 20, Jun 2017

Sponsored Ad

Amakuru atugezeho none aravuga ko umuyobozi w’akarere ka Kamonyi, bwana Udahemuka Aimable yeguye kuri uyu wa 20 Kamena 2017.
Uyu muyobozi weguye ku mpamvu ze bwite nk’uko ayo makuru abivuga, yeguye nyuma y’umwaka n’amezi ane yari amaze ayobora aka karere kuko yatangiye imirimo tariki ya 26 Gashyantare 2016.
Karuranga Emmanuel uyobora Inama Njyanama y’Akarere ka Kamonyi, yirinze kwemeza aya makuru ngo kuko kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru yari atarabona ibaruwa y’ubwegure bwa Udahemuka . (...)

Sponsored Ad

Amakuru atugezeho none aravuga ko umuyobozi w’akarere ka Kamonyi, bwana Udahemuka Aimable yeguye kuri uyu wa 20 Kamena 2017.

Uyu muyobozi weguye ku mpamvu ze bwite nk’uko ayo makuru abivuga, yeguye nyuma y’umwaka n’amezi ane yari amaze ayobora aka karere kuko yatangiye imirimo tariki ya 26 Gashyantare 2016.

Karuranga Emmanuel uyobora Inama Njyanama y’Akarere ka Kamonyi, yirinze kwemeza aya makuru ngo kuko kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru yari atarabona ibaruwa y’ubwegure bwa Udahemuka .

Ubusanzwe abayobozi b’uturere batorerwa manda y’imyaka itanu, bakemererwa kongera kwiyamamaza inshuro imwe gusa.

Ibitekerezo

  • OK ubwo biratangiye abakoze nabi bose batazaniye abaturagiterambere mbese ntaterambere ntabikorwa remezo biyicarira mubiro gusa abo Bose ntitubakeneye ahubwo ababishinzwe muri gutinda nimubakureho Hakiri kare.

    Ubwo yegujwe si ibintu byabo c

    Uyu se kandi we agiye ate? Aka kanya nk’ako guhumbya? Ubwo biratangiye. Harakurikiraho nde na nde?

    Harakurikiraho mayor wa Nyaruguru Habitegeko framcois

    Hatahiwe uwayogije akarere ka Nyaruguru wiyita umuremure mu bareshya Nyangufi ariko akaba umuremure mu ngengabitekerezo ya Jenoside Habitegeko Francis

    meya wa kamonyi yakundaga abagore babandi no kurya inkoko zabaturage ntiyishyure nibyo byitwa kwiyandarika.yariye inkoko weeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeamasake gusa gusa

    Muvane amatiku aho Nyaruguru mwari mwarabuze meya urangiza manda ngo atangire indi kubera amatiku yanyu none Francis nawe muramutangiye. Ibyo nibyo bibasubiza inyuma mw’iterambere mwirirwa mucura matiku aho gukora ngo akarere kanyu gatere imbere. Yari amaze kubakura ku mwanya wa nyuma mu muhigo none ngo ingengabitekerezo!!! niba ayifite Leta irakanuye muhumure ariko mureke amatiku y’amatakara gasi ubundi mukore mwiteze imbere.

    Abayobozi badakora inshingano zabo bajye beguzwa hakiri kare aho kugeza ubwo bavuga ko beguye ku mpamvu zabo bwite.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa