skol
fortebet

Perezida Kagame yashyizwe ku rutonde rw’ abantu 100 ba mbere bubashywe ku Isi

Yanditswe: Saturday 10, Jun 2017

Sponsored Ad

Ikinyamakuru Reputation Poll cyashyize Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku rutonde rw’ abantu 100 ba mbere bubashywe cyane kurusha abandi mu Isi muri uyu mwaka wa 2017.
Uru rutonde rugaragaraho abanyapoltiki bakomeye, abakinnyi b’ umupira w’ amaguru, abahanzi, abanyamadini n’ abandi.
Leta zunze ubumwe z’ Amerika nicyo gihugu cya mbere gifite abantu benshi kuri uru rutonde aho gifiteho abantu 39 barimo 25 b’ igitsina gore. Kuri uru rutonde hagaragaraho abakundana batatu (3 Couples), n’ abagabo (...)

Sponsored Ad

Ikinyamakuru Reputation Poll cyashyize Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku rutonde rw’ abantu 100 ba mbere bubashywe cyane kurusha abandi mu Isi muri uyu mwaka wa 2017.

Uru rutonde rugaragaraho abanyapoltiki bakomeye, abakinnyi b’ umupira w’ amaguru, abahanzi, abanyamadini n’ abandi.

Leta zunze ubumwe z’ Amerika nicyo gihugu cya mbere gifite abantu benshi kuri uru rutonde aho gifiteho abantu 39 barimo 25 b’ igitsina gore. Kuri uru rutonde hagaragaraho abakundana batatu (3 Couples), n’ abagabo 72.

Icyitonderwa : Uru rutonde ntabwo rukoze haherewe ku urusha abandi kubahwa ahubwo rukoze hashyingiwe ku nyuguti itangiza izina (Ordre Alphabetique).

Ibitekerezo

  • Aha Bantu hatariho Messi simpashira amakenga harimo amarangamutima

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa