skol
fortebet

Reba bumwe mu butumwa Perezida Kagame yatanze ubwo aheruka kuganira n’ Abanyarwanda baba mu Bubiligi

Yanditswe: Saturday 10, Jun 2017

Sponsored Ad

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Kamena Perezida Kagame araganira n’ Abanyarwanda baba mu gihugu cy’ u Bubiligi, ubwo aheruka kuganira nabo tariki 4 Ukuboza 2010 yabasabye kwihesha agaciro abereka ko impamvu indi migabane yateye imbere kurusha Afurika ariko yamenye mbere ibanga ryo kwihesha agaciro.
Icyo gihe Perezida Kagame yabwiye Abanyarwanda baba mu Bubiligi ko u Rwanda rushya rubabwamo n’ Abanyarwanda bose, ababwira ko abagizi ba nabi n’ abagizi ba neza babana.
Icyo gihe Perezida Kagame (...)

Sponsored Ad

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Kamena Perezida Kagame araganira n’ Abanyarwanda baba mu gihugu cy’ u Bubiligi, ubwo aheruka kuganira nabo tariki 4 Ukuboza 2010 yabasabye kwihesha agaciro abereka ko impamvu indi migabane yateye imbere kurusha Afurika ariko yamenye mbere ibanga ryo kwihesha agaciro.

Icyo gihe Perezida Kagame yabwiye Abanyarwanda baba mu Bubiligi ko u Rwanda rushya rubabwamo n’ Abanyarwanda bose, ababwira ko abagizi ba nabi n’ abagizi ba neza babana.

Icyo gihe Perezida Kagame yavuze ko impamvu ibihugu by’ I Burayi byateye imbere ari uko barwanye intambara zikarangira bagatangira ibikorwa bibateza imbere.

Reba mu mashusho ikiganiro yagejeje ku Banyarwanda tariki 4 Ukuboza 2010.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa