Sayinzoga Jean wayoboraga Komisiyo yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare yatabarutse
Yanditswe: Sunday 16, Apr 2017
Sayinzoga Jean wari Umuyobozi wa Komisiyo y’ igihugu yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare yitabye Imana kuri iki Cyumweru tariki ya 16 Mata 2017.
Sayinzoga yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye igihe dore ko yari amaze iminsi arwariye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal i Kigali.
Sayinzoga ni umwe mu bantu bamenyekanishije umukino wa Karate mu Rwanda. Amakuru umuryango wamenye ni uko Nyakwigendera yari arwaye kanseri y’ (...)
Sayinzoga Jean wari Umuyobozi wa Komisiyo y’ igihugu yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare yitabye Imana kuri iki Cyumweru tariki ya 16 Mata 2017.
Sayinzoga yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye igihe dore ko yari amaze iminsi arwariye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal i Kigali.
Sayinzoga ni umwe mu bantu bamenyekanishije umukino wa Karate mu Rwanda. Amakuru umuryango wamenye ni uko Nyakwigendera yari arwaye kanseri y’ umwijima.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *