skol
fortebet

U Rwanda rwihanganishije imiryango y’ abakubiswe n’ inkuba I Nyaruguru

Yanditswe: Tuesday 13, Mar 2018

Sponsored Ad

Guverinoma y’ u Rwanda yihanganishije imiryango y’ abantu 17 mu karere ka Nyaruguru barimo 45 yakubise bari mu rusengero rw’ abadivanditse mu murenge Nyabimata 15 bakahasiga ubuzima.
Mu kiganiro n’ abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Werurwe 2018 Minisitiri w’ Ububanyi n’Amahanga n’ Umuryango w’ Afurika y’ Iburasirazuba Louise Mushikiwabo yavuze ko guverinoma y’ u Rwanda yihanganishije imiryango y’ abazize inkuba.
Yagize ati “Nagira ngo mabanzirize ku kwihanganisha Abanyarwanda, imiryango (...)

Sponsored Ad

Guverinoma y’ u Rwanda yihanganishije imiryango y’ abantu 17 mu karere ka Nyaruguru barimo 45 yakubise bari mu rusengero rw’ abadivanditse mu murenge Nyabimata 15 bakahasiga ubuzima.

Mu kiganiro n’ abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Werurwe 2018 Minisitiri w’ Ububanyi n’Amahanga n’ Umuryango w’ Afurika y’ Iburasirazuba Louise Mushikiwabo yavuze ko guverinoma y’ u Rwanda yihanganishije imiryango y’ abazize inkuba.

Yagize ati “Nagira ngo mabanzirize ku kwihanganisha Abanyarwanda, imiryango yabuze ababo bazize inkuba. Abanyarwanda bageze kuri 17. Guverinoma y’ u Rwanda yarabatabaye mwarabikurikiye. Ni ikintu giteye agahinda ariko ninokureba uburyo muri ibi bihe bigenda bikomeza guhinduka bijyanye n’ imvura, bijyanye n’ imiyaga ikomeye n’ ibindi, abanyarwanda bakwiye kwirinda no kumenya guhitamo aho bugama neza kugira ngo bekugira ibibazo bijyanye n’ ibi bihe turimo”

Nyaruguru Inkuba yishe abantu 15 bari mu rusengero mu murenge wa Nyabimata y’ uko hari hashije igihe gito ihitanye abandi babiri mu murenge wa Rurama nawo mu karere ka Nyaruguru.

Nta gihe gishize kandi inkuba ihitanye abantu bane mu mirenge yo mu karere ka Gicumbi. Inkuba kandi iherutse gukubita inka 10 z’ umworozi wo mu karere ka Ngoma 6 zihita zipfa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa