skol
fortebet

Hari abahura n’ikibazo cyo kunanirwa gutera akabariro, ese biravurwa? Umva icyo abaganga babivugaho

Yanditswe: Tuesday 11, Jun 2019

Sponsored Ad

Ubusanzwe umuntu muzima agira imbaraga zimusunika zimwerekeza ku kumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina (Libido). Byaje kugaragara cyane ko rero mu Rwanda hari umubare munini w’abafite iki kibazo cya Libido idakora neza cyangwa se yanakora ugasanga uri gutera akabariro intege zicitse hakiri kare.

Sponsored Ad

Dr. Murugu, umuganga uvura akoresheje imiti ikomoka ku bimera, avuga ko mu miti atanga harimo n’ivura impamvu zose zituma umuntu agira ubushake buke bwo gutera akabariro, zirimo uburwayi, imbaraga nke n’ibibazo binyuranye, ndetse akagira n’ituma imbaraga ziyongera.

Dr. Murugu yafunguye ivuriro “Murugu Rwanda Clinic” mu karere ka Gasabo i Nyarutarama aho bita mu Kabuga ka Nyarutarama ndetse kuri ubu yatangiye kwakira abivuza indwara zitandukanye.

Dr. Murugu avuga ko igitekerezo cyo gufungura imiryango mu Rwanda yagikuye muri Uganda ubwo yajyaga gukorerayo abantu baho bakamubwira ko serivisi ze zikenewe cyane mu Rwanda, niko guhita atangira gushakisha uko yaza mu Rwanda.

Dr Murugu avuga ko avura indwara zitandukanye zirimo amibe, igifu, umwijima, impyiko, imitsi n’izindi zitandukanye, akaba avuga ko ivuriro rye rifite imiti myiza kandi yavanye mu bimera ifasha abantu bafite ibibazo byo gutera akabariro ndetse na asthma.

Avuga ko indwara za karande zigera kuri 95% azivura zigakira kandi akoresheje imiti avana mu bimera itagira ingaruka na nke mu buzima bw’uwayinyweye cyangwa uwayikoresheje.


Dr. Murugu afite ubunararibonye bw’imyaka isaga 20 avura yifashishije ibimera gakondo nyafurika.

Niba ushaka amakuru arambuye kuri iri vuriro ushobora no kubahamagara kuri nomero ya telefoni igendanwa nomero 0781000143 cyangwa 0783786569

Ibitekerezo

  • Iyomiti tuyikeneyeturibenshi ndiburundi yodushikiragute?

    Kudakora Imibonano mpuza-bitsina bisenya ingo nyinshi.Ni umuhango utuma abashakanye bagira urugwiro kandi bagakundana.Iyo wimye uwo mwashakanye,kenshi ajya kubikorana n’undi muntu batateye igikumwe kandi Imana itubuza gusambana.Uba ugize uruhare mu gutuma akora icyaha.Muli Imigani igice cya 5,imirongo ya 15-20,havuga ko tugomba kwishimana n’uwo twashakanye.Ndetse muli Abakorinto ba mbere igice cya 7,umurongo wa 5,Imana iravuga ngo "Ntimukimane".Icyo Imana itubuza,ni ubusambanyi.Nkuko Bible ivuga,abasambanyi ntabwo bazaba muli paradizo.

    HELLO EVERYONE, NTUYE CHICAGO, BURYA BIBAYE NGOMBWA KO UMUGABO AGUCA INYUMA BYABA BITEWE NIMPAMVU ZITANDUKANYE HAGATI Y’ABASHAKANYE, UMUGABO UTABISHOBOYE CG UMUGORE UTAZANA AMAVANGINGO( UHORA YUMYE).
    NANJYE KARI KABAYE GUSA NAGIZE AMAHIRWE INSHUTI YANJYE INDANGIRA UMUTI. NARAWUMUGURIYE NTABWO YONGEYE KURANGIZA VUBA PE!! (+250788354951) MUZAMUBAZE ABAFASHE

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa