Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Ukwakira 2017 Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abakobwa babiri yafatanye umwana w’uruhinja uri mu kigero cy’imyaka ibiri.
Abo bakobwa umwe afite imyaka 16 y’amavuko akaba akomoka mu karere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo undi nawe afite imyaka 16 y’amavuko akaba avuka i Gatsibo mu Ntara y’Iburasirazuba.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, IP Jean Kayihura, twavuganye ari muri gahunda nyinshi ariko atubwira ko tuza kuvugana.
Kugeza ubu uyu mwana (...)
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Ukwakira 2017 Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abakobwa babiri yafatanye umwana w’uruhinja uri mu kigero cy’imyaka ibiri.
Abo bakobwa umwe afite imyaka 16 y’amavuko akaba akomoka mu karere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo undi nawe afite imyaka 16 y’amavuko akaba avuka i Gatsibo mu Ntara y’Iburasirazuba.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, IP Jean Kayihura, twavuganye ari muri gahunda nyinshi ariko atubwira ko tuza kuvugana.
Kugeza ubu uyu mwana acumbikiwe ku mukuru w’Umudugudu wa Kabuga.Ni mu gihe abakobwa uko ari babiri bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kirehe.
Ibitekerezo
Babahane byintangarigero