skol
fortebet

Inzobere mu by’Ubuzima yavuze ko abagore bazana amavagingo mugihe cy’imibonano ari umwanda,yerekana ibiranga abasore n’inkumi bikinisha n’uburyo butandukanye babikoramo[VIDEO]

Yanditswe: Friday 03, Jul 2020

featured-image

Sponsored Ad

skol

Amazina ye ni Mugenzi Theodore akaba afite Bacheror Degree muri Biomedical Sciences ndetse akaba yaragiye akorera amahugurwa atandukanye ajyanye n’ubuzima ari nabyo bituma yitwa Inzobere mu by’Ubuzima.

Sponsored Ad

Mu kiganiro Mugenzi Theodore Inzobere mu by’Ubuzima yagiranye n’igitangazamakuru gikorera kuri Youtube kizwi nka ’VIPI Rwanda’,yasobanuye byinshi byiganjemo iby’imyororokere abantu benshi batari basobanukiwe neza,kuko we yabisobanuye mu buryo bwa Science.

Mu byo yamaze abantu amatsiko yasobanuye mu buryo bwimbitse kandi bwumvikana,harimo ibyo guca imyeyo bizwi cyane mu muco nyarwanda n’impamvu nyamukuru abakobwa ba kera bacaga imyeyo ihabanye n’iy’abubu,ndetse agira n’ibindi byinshi ahishura bijyanye n’amavuriro y’ubu yinzaduka,ashingwa bijyanye no kwishakira amaronko ahubwo atari uko uwo muntu abizobereyemo ahubwo akifashisha urubuga rwa Google.

Mu bindi bintu Muganga Theodore Inzobere mu by’Ubuzima yagaratseho abantu benshi batari bazi,ni ibijyanye no kwikinisha kw’abakobwa n’abasore ndetse anagaragaza bimwe mu biranga ahanini umukobwa cyangwa se umusore ukunda kwikinisha birimo nko kuba yikunda cyane n’ibindi muri busange muri Video y’Ikiganiro yagiranye na ’VIPI Rwanda’.

Aha kandi muri iki kiganiro kimara hafi isaha yose yanagaragaje uburyo abagore banyara cyangwa se bazana amavagingo mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina ari umwanda.

Mu bindi bintu yagaragaje ndetse akanavugaho ni uburyo butandukanye abakobwa cyangwa se abahungu bikinishamo,Ibitera amakimbirane hagati y’umugabo n’umugore,uburwayi bwo mu gitsina cy’umukobwa,Ibitera umugabo kurangiza Vuba no gutinda kurangiza cyangwa se ntanarangize n’ibindi.

REBA HASI IKIGANIRO CYIMBITSE NA MUGENZI THEODORE INZOBERE MU BY’UBUZIMA URATUNGURWA KUKO URASANGA HARI BYINSHI WITIRANYAGA:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa