skol
fortebet

Abarundi 2500 bari barahungiye muri Congo binjiye mu Rwanda

Yanditswe: Wednesday 07, Mar 2018

Sponsored Ad

Impunzi z’ Abarundi 2500 bari barahungiye muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Werurwe 2018 binjiye mu Rwanda bavuga ko bahunze umutekano muke.
Minisiteri yo gukumira Ibiza no gucyura impunzi mu Rwanda MIDMAR yatangaje ko izi mpunzi zari zarahungiye mu nkambi ya Kamanyola zinjirire mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi. Leta y’ u Rwanda ifatanyije n’ ishami ry’umuryango w’ abibumbye ryita ku mpunzi UNHCR ishami ry’ u Rwanda bakaba barimo kwakira izi (...)

Sponsored Ad

Impunzi z’ Abarundi 2500 bari barahungiye muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Werurwe 2018 binjiye mu Rwanda bavuga ko bahunze umutekano muke.

Minisiteri yo gukumira Ibiza no gucyura impunzi mu Rwanda MIDMAR yatangaje ko izi mpunzi zari zarahungiye mu nkambi ya Kamanyola zinjirire mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi. Leta y’ u Rwanda ifatanyije n’ ishami ry’umuryango w’ abibumbye ryita ku mpunzi UNHCR ishami ry’ u Rwanda bakaba barimo kwakira izi mpunzi banaziha ibyangombwa by’ ibanze.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa