skol
fortebet

Amateka y’u Rwanda: Amato y’intambara ya Rwabugiri ndetse n’aho izina "Gisozi" ryaturutse

Yanditswe: Thursday 27, Jun 2019

Sponsored Ad

Waba wari uzi ko mu ntambara Rwabugiri yagiye arwana harimo n’izo yakoreshagamo amato y’intambara? Uzi se aho izina Gisozi ryaturutse? Ni muri iki kiganiro "Amateka y’u Rwanda mutegurirwa na Terence Muhirwa".

Sponsored Ad

Waba wari uzi ko mu ntambara Rwabugiri yagiye arwana harimo n’izo yakoreshagamo amato y’intambara? Uzi se aho izina Gisozi ryaturutse? Ni muri iki kiganiro "Amateka y’u Rwanda mutegurirwa na Terence Muhirwa".

Ibitekerezo

  • Nibyo koko,Rwabugili yari umurwanyi ukomeye.Yarwanye intambara nyinshi,atera Uganda.
    Uyu munsi hariho intambara nyinshi.Mu byukuri,abakristu ntibakwiye kurwana kuko bible ibitubuza.
    Intambara z’iki gihe zitandukanye z’izabaga muli ISRAEL ya kera.Abami ba Israel barwaniraga Imana,yabasabye kwirukana mu gihugu cya Canaan abantu basengaga Ibigirwa-mana.Ni Imana yabasabye kuyirwanirira bakirukana abantu basengaga izindi mana.Bisome muli Gutegeka/Deuteronomy 20 imirongo ya 17 na 18.Imana ibuza abakristu nyakuri kurwana.Niyo wabendereza,bakurikiza itegeko Yesu yatanze muli matayo 5:44 hadusaba gukunda abanzi bacu.Iyo utarwanyije umwanzi wawe,arakwihorera.Urugero,mu ntambara ya 2 y’isi,Switzerland yanze kurwanya Abadage,Hitler ayicamo atarwanye.Muli Luka 21:20,21,Yesu yabujije Abakristu kurwanya umwanzi,ahubwo abasaba guhungira mu misozi.Burya umukristu nyakuri,aba atandukanye n’abandi bantu mu bikorwa Imana itubuza:Kurwana,kwica,ruswa,amanyanga,ubusambanyi,etc…Umubwirwa nuko afatanya akazi gasanzwe no kujya mu nzira akabwiriza abantu ubwami bw’Imana nkuko Yesu yabisabye abakristu nyakuri bose.Niyo mpamvu Yesu yavuze ko abakristu nyakuri ari bake cyane.Nkuko Bible ivuga,Intwaro y’Umukristu ni Bible.Ayikoresha abwiriza abantu ubwami bw’Imana.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa