Umukobwa wari uzwi ku izina rya Judith yaguye Nyabugogo mu modoka itwara abagenzi arapfa
Yanditswe: Thursday 06, Jul 2017
Umukokobwa witwa Judith uri mu kigero cy’ imyaka 20 yaguye mu modoka ya kampani itwara abagenzi (Kigali Safaris) arapfa
Mu ma saa sita kuri uyu wa Kane tariki 6 Nyakanga 2017, nibwo muri gare ya Nyabugongo humvikanye inkuru ivuga ko umukobwa wari kumwe na bagenzi baje gutega imodoka ngo bamujyane i Gicumbi apfuye.
Uyu mukobwa ngo wari umaze igihe kinini arwaye nk’ uko Umuvugizi wa polisi y’ u Rwanda SP Emmanuel Hitayezu yabitangarije Umuryango ngo yari kumwe na bagenzi baje kumutegera ngo (...)
Umukokobwa witwa Judith uri mu kigero cy’ imyaka 20 yaguye mu modoka ya kampani itwara abagenzi (Kigali Safaris) arapfa
Mu ma saa sita kuri uyu wa Kane tariki 6 Nyakanga 2017, nibwo muri gare ya Nyabugongo humvikanye inkuru ivuga ko umukobwa wari kumwe na bagenzi baje gutega imodoka ngo bamujyane i Gicumbi apfuye.
Uyu mukobwa ngo wari umaze igihe kinini arwaye nk’ uko Umuvugizi wa polisi y’ u Rwanda SP Emmanuel Hitayezu yabitangarije Umuryango ngo yari kumwe na bagenzi baje kumutegera ngo atahe iwabo i Gicumbi ahitwa Gaseke.
SP Hitayezu yavuze ko uyu mukobwa yaguye hasi agahita ashiramo umwuka ubwo yari yicaye mu modoka ya Kigali Safaris bategereje ko abagenzi bajyamo ngo ihaguruke.
Polisi ikorera mu mujyi wa Kigali yahise itwara umurambo wa Nyakwigendera iwujyana mu bitaro byayo ku Kacyiru mu gihe igitegereje ko umuryango wa nyakwigendera uhagera.
Twifuje kumenya icyo nyakwigendera yakoraga SP Hitayezu avuga ko icyo yakoraga kitaramenyekana gusa ngo yabaga mu kagari ka Tetero mu murenge wa Muhima w’ akarere ka Nyarugenge.
Ibitekerezo
YOO IMANA IMUHE IRUHUKO RIDASHIRA UMURYANGO WE WIHANGANE CYANE
ariko mana kuki urupfu rwabayeho kweri ! my dear sister RIP WE WILL FOUND YOU THERE POLE SANA !!
Nyakwigendera imana imwakire mubayo imuhe ibiruhuko bidashira kdi n’umuryango usigaye tuwufashe mumugongo ukomeze kwihangana murakoze ndi Kenya Mombasa.
Nyakwigendera imana imwakire mubayo imuhe ibiruhuko bidashira kdi n’umuryango usigaye tuwufashe mumugongo ukomeze kwihangana murakoze ndi Kenya Mombasa.
Nyakwigendera imana imwakire mubayo imuhe ibiruhuko bidashira kdi n’umuryango usigaye tuwufashe mumugongo ukomeze kwihangana murakoze ndi Kenya Mombasa.
Imana imwakire mubayo
Imana imwakire mubayo
Que son à me serepose en paix
uwomukobwa.ndamuzi
yari.umuturanyi.kumuhima
ibyiyisi.nikobimera
Imana Imwakire mu bayo, kandi twifatanije n’umuryango w’abasigaye twizereko KIGALI SAFARIS izatabara.
Mana nanjye umwakire mubawe
Imana imuhe iruhukoridashira uryangowe ukomeze ugirekwihangan
R.I.P
RIP
Nihanganishije umuryango wa nyakwigedera , Gusa nkagira inama abantu bagenzi bajye ko bjya bivuza bacyumva ko batameze neza aho kugendana uburwayi, Uyu muryango tuwufashe mu mugongo ukomeze kwihangana> Nyakwigendera we aruhukire mu mahoro!!
Imana imwakire mubayo. Abasigaye bakomeze bagire ukwihangana
Rip dear friend
Twibuke ko ntawe uzi Iminsi nisaha wenda yarivuje biranga Imana imwakire mubayo
Twibuke ko ntawe uzi Iminsi nisaha wenda yarivuje biranga Imana imwakire mubayo
Twibuke ko ntawe uzi Iminsi nisaha wenda yarivuje biranga Imana imwakire mubayo
RIP Judith, Imana ikwakire
Rip judith