skol
fortebet

Iyo Databuja arimo gutera akabariro ndumviriza nkumva mbishaka kandi na Mabuja aba anshaka-NKORE IKI?

Yanditswe: Thursday 11, Jan 2018

Sponsored Ad

skol

Muraho neza mwebwe musana imitiya yakomeretse mukanagira inama ababa baremerewe, nimumfashe mungire inama kuko nabuze icyo gukora.
Ndi umusore w’imyaka 23 nkora akazi ko mu guro, aho nkorera Mabuja wanjye ni umudamu mwiza ukiri muto wisanzura kuri buri muntu wese. Ntangira akazi yamfataga nka musaza we akanyitaho umunsi kuwundi nkarushaho kumva mukunze kubera ibyo yankoreraga atitayeko ndi umukozi wo mu rugo.
Uko kunyereka urukundo nanjye nitwaraga nk’umwana mwiza nuko Databuja agashima uko (...)

Sponsored Ad

Muraho neza mwebwe musana imitiya yakomeretse mukanagira inama ababa baremerewe, nimumfashe mungire inama kuko nabuze icyo gukora.

Ndi umusore w’imyaka 23 nkora akazi ko mu guro, aho nkorera Mabuja wanjye ni umudamu mwiza ukiri muto wisanzura kuri buri muntu wese. Ntangira akazi yamfataga nka musaza we akanyitaho umunsi kuwundi nkarushaho kumva mukunze kubera ibyo yankoreraga atitayeko ndi umukozi wo mu rugo.

Uko kunyereka urukundo nanjye nitwaraga nk’umwana mwiza nuko Databuja agashima uko tubanyeho kuko nta ntonganya yumvaga mu rugo. Uwo Mabuja nta kazi afite yirirwa mu rugo ahava agiye gusura inshuti ze nabwo agahita agaruka byumvikana ko tumarana amasaha menshi turi kumwe.

Umunsi umwe yansabye kuza gukora mu cyumba cye avuye koga ninjira yambaye essuie-mains mubonye ndikanga ambaza icyo mbaye ndya indimi ambwira ko ntacyo ngomba gutinya kuko tumeze nk’abavandimwe. Yakomeje kuzajya anyiyegereza gacye gacye gusa kuko njyewe ndi umusore utinya abakobwa nkajya ngerageza kumugendera kure.

None ikibazo mfite ubu iyo Databuja arimo gutera akabariro njya kumviriza nakumva ukuntu umugore twirirwana ataka cyane nkumva ndabishatse bikantera kwikinisha mu gihe barimo gutera akabariro. Ese mpemukire Databuja nzajye ndyamana n’umugore we mu gihe yagiye mu kazi? Databuja ampa buri kimwe amfata nk’umwana we, Ko ikimero cya Mabuja kigiye kunshumuza koko nkore iki? Inama zanyu zirakenewe

Ibitekerezo

  • nywa dedeti wiyahure..

    ashobora kuba afite na sida mwagiye mukunda ubuzima bwanyu kuruta ibishuko satani yarabateye muzarangiza nabi igihano uzakibona byange bikunde rindira korera amafaranga yakuzanye cg utahe bitaba ibyo uzabona ingaruka .

    Ariko abantu murasetsa koko!!utubashye shobuja ngo unubahe nyokobuja,basi ntiwatinya yuko icyugiye gukora ari icyaha?ubwo se nyokobuja azaguheheta nawe upfe urwo?muhakanire cg uve murugo rwabandi utanduranyije.ibihembo byibyaha ni urupfu,kd wisenya urugo rwabandi ndabigusabye.esubwo shobuja abafashe urumva hakurikiraho iki?uzamujyana mubane?nawe utariho,na we adakora?ubundi se ujya kumviriza iki?bigufasha iki?kwikinisha nubikomeza kd bizakwangiriza ubwonko,nuzana umugore kumurongora ngumunyure bikunanire,ujye ukozaho cg unabitekereje gusa ube urarangije.uretse nizo ngaruka kdi,kwikinisha ni icyaha imbere y’Imana.kizwa uve muri karande Imana ikugirire neza,izaguha uwawe wigengaho nawe wishime ndetse na we asakuze rwose nkibyo wumviriza kuri nyobuja.va mubyaha byubuhehesi ukore ibyiza ugifite uburyo.

    0728889209 MPAMAGARA MN

    None ko agufata nkumwana we urashaka iki? Komeza umubere umwana w’imfura naho ubundi nuts ubumfura, uzabura intama n’ibyuma

    tout d’abord si gaho kumviriza.

    Mwanawitinda ugirimahirweukayirenjyeshwanonese nutabimugiranazakwirukanishakukazi inamanakujyira nukowamufatanezarwoseukamukoreraicyashaka

    umvambese! ubugodyi!! esemwakwihanye mugakizwa koko none ntana bibiliya musoma ngo mwiyumvire inkuru za yosefu umuheburayo uko yirinze ico caha imana ikamuhemba kuba umutware wungirije mumisiri

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa