skol
fortebet

Nusoma umukobwa mukundana muri ubu buryo 5 ntazigera akwibagirwa

Yanditswe: Saturday 06, Jun 2020

Sponsored Ad

skol

Abakobwa kimwe n’abahungu bakunda gusomana, ariko wari uzi ko abakobwa bakunda uburyo bwo gusomana bumwe kurusha ubundi? Si uguhuza iminwa gusa ahubwo hari amwe mu mabanga yo gusomana buri mukobwa arota ijoro n’amanywa kuba byibuze umunsi umwe yasomwa muri ubwo buryo.

Sponsored Ad

Ariyo mpamvu hano ku UMURYANGO twabateguriye bumwe mu buryo 5 bwo gusomana buri mukobwa yifuza kuzakorerwa byibuze rimwe mu buzima bwe.

1.mu mvura:

Imvura itangiye kugwa, aho kugira ngo utwikire umukobwa yere kunyagirwa, zamura umutwe we, umurebe mu maso maze umusome byimbitse. Uko muri gusomana, gerageza kumutsa imisatsi ye n’ikiganza kimwe, ikindi kiganza kimufashe mu manyungunyungu, ugerageza kumuterura. Buri mukobwa yifuza ibintu nk’ibi kandi Nubimukorera azumva ameze nk’uwageze mu ijuru kandi ari mu biganza byawe.

2. Kumusoma umwegetse ku rukuta:

Abakobwa bakunda gukora imibonano iyo harimo akantu k’ingufu, no gusomana nuko. Uburyo bwo gusomana, muterure umwegeke ku rukuta n’imbaraga maze umusome byimbitse, ariko ukomeza kumutsindagira ku rukuta, amaguru ye atandukanye winjijemo ayawe ariko acyambaye imyenda, ukomeze kumusoma. Ibi ni ibintu atazibagirwa mu buzima bwe.

3. Kumusoma murimo gutongana:

Murimo gutongana ku bintu bitagenze neza, yakurakariye cyane. mwegere ufate ibiganza bye, azagerageza ku kurwanya cyangwa ku guhunga yibwira ko ugiye kumugirira nabi. Mufate umwiyegereze maze umusome, ubukana yari afite buzahita bucururuka bube zero kubera kumusoma, komeza umusome nk’iminota igera ku icumi mbere y’uko umuryamisha ku gitanda. nubikora neza azamara imyaka 5 atongeye kugutonganya.

4. Kumusoma uturutse inyuma:

Mwegere uturutse inyuma mu gihe atatekerezaga ko waba uhari. Musome ku ijisi, ku matama mbere yuko ahindukira ngo akubone neza. Abakobwa benshi bakunda gusomana bitunguranye, ariko bikore neza utazatungurwa mbere. Ibi byakorwa neza mu gihe umutunguye arimo gutekereza cyane, ukamusoma uturutse inyuma umufashe mu manyungunyungu. ku musoma gutyo bizamushimisha, amaboko yawe amufashe azatuma yumva nta cyamuhungabanya igihe cyose muri kumwe.

5. Kumusoma mu ruhame/imbere y’inshuti zawe:

Uburyo bwo gusomana mu ruhame nti bivuze mu nsengero cyangwa amahuriro ayo ariyo yose, ahubwo ni ahantu abandi bantu bashobora kubabona. haba mwasohotse muri resitora cyangwa se ahantu hari abantu benshi. Mubwire ahaguruke mbere yuka amenya ko ugiye kumusoma imbere y’imbaga y’abantu. Birushaho kuba byiza inshuti zawe zihari cyangwa bamwe mu muryango wawe. Bizatuma yumva ashyigikiwe, ejo hazaza hameze neza igihe cyose muzaba muri kumwe.

Ibitekerezo

  • KWISHIMISHA hagati y’abantu badahuje ibitsina,Imana yabihariye gusa "abantu bashakanye mu mategeko".Soma Imigani 5:15-20.Ikibabaje nuko abantu babikoresha cyane mu busambanyi,bagasuzugura Imana yaturemye.Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana batarashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Imana yaturemye irabitubuza.Itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Ikavuga ko abasambanyi batazaba mu bwami bw’imana.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa