skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umwe mu bakobwa babiri bavutse bafatanye yavuze ko yabonye umukunzi [AMAFOTO]

Umwe mu mpanga 2 zavutse zifatanye zifite imyaka 21,yemeje ko amaze amezi 18 akundana n’umukunzi bahuriye ku rubuga rwa Hinge gusa avuga ko umuvandimwe we bafatanye ari ’umwana mubi’ Uyu mukobwa...
14 November 2022 Yasuwe: 3643 0

Biravugwa ko Adil Mohamed yanze kugaruka mu kazi ko gutoza APR FC

Nyuma y’uko iminsi 30 yahagaritswe yarangiye, kuri uyu wa 13 Ugushyingo APR FC yamenyesheje Umutoza Adil Mohamed ko tariki ya 14 Ugushyingo agomba kugaruka mu kazi. Amakuru akaba avuga ko uyu...
14 November 2022 Yasuwe: 1547 0

Umukinnyi wa Everton yahaye umupira umufana ahita awumusubiza nabi kubera ko batsinzwe

Umukinnyi Alex Iwobi wari ubabajwe cyane no gutsindwa na Bournemouth Kuwa Gatandatu,yahaye ishati inshuti ye yari yicaye ku murongo w’imbere, ariko uyu mufana utarishimiye umusaruro w’ikipe yahise...
14 November 2022 Yasuwe: 925 0

Ibaruwa y’ubwegure bwa Depite Mbonimana ushinjwa ubusinzi bukabije yagiye hanze

Visi Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Sheikh Musa Fazil Harerimana, yemeje amakuru y’ubwegure bwa Depite Gamariel Mbonimana uherutse kuvugwaho na Perezida Kagame ko gutwara imodoka yasinze yabigize...
14 November 2022 Yasuwe: 1861 0

Umudepite uherutse kuvugwaho ubusinzi bukabije yeguye

Umudepite witwa Gamariel Mbonimana, uherutse kuvugwaho na Perezida Kagame ko yafashwe atwaye imodoka yasinze, yamaze gushyikiriza Inteko Ishinga Amategeko ibaruwa y’ubwegure bwe. Umudepite...
14 November 2022 Yasuwe: 2309 0

Lionel Messi yashinje Pep Guardiola kwica umupira w’amaguru

Lionel Messi yahishuye mu buryo bwihariye ko Pep Guardiola yangije cyane umupira wamaguru mu gihe yamaze muri Barcelona. Aba bombi bakoranye muri Barcelona hagati ya 2008 na 2012, batwara...
14 November 2022 Yasuwe: 2470 0

TIR irashinja Inzego zishinzwe kugenza ibyaha gutuma ubucucike mu magereza bwiyongera bikabije

Inzego zishinzwe ubugenzacyaha zatunzwe agatoki mu gutuma ubucucike mu magereza mu Rwanda bukomeje gutumbagira aho bugeze kuri 174%. Raporo ya Transparency International ishami ry’u Rwanda...
14 November 2022 Yasuwe: 955 0

Umuhanzikazi Dolly Parton yahawe igihembo cya miliyoni $100 n’umuherwe Jeff Bezos

Dolly Parton, icyamamare mu muziki wo mu njyana ya country akaba n’ukora ibikorwa by’ubugiraneza, yahawe igihembo cya miliyoni 100 z’amadolari y’Amerika na Jeff Bezos. Ayo angana na miliyari 106...
14 November 2022 Yasuwe: 686 0

Perezida Lourenço yazanye ‘uburyo bushya’ bwo guhuza u Rwanda na RDC

Umuhuza w’ u Rwanda na RDC, Perezida João Lourenço wa Angola, kuwa gatanu no kuwa gatandatu yari i Kigali n’i Kinshsasa aho yabonanye n’abaperezida b’impande zombi. Aba baperezida bose yabaganirije...
14 November 2022 Yasuwe: 5313 0

Cristiano Ronaldo yashinje Man United kumugambanira anemeza ko atubaha umutoza wayo

Mu gahinda kenshi,umunyabigwi mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo yashinje Manchester United akinira kumugambanira ndetse yemeza ko adakunda umutoza Erik Ten Hag kuko nawe atamukunda. Mu...
14 November 2022 Yasuwe: 971 0
0 | ... | 4760 | 4770 | 4780 | 4790 | 4800 | 4810 | 4820 | 4830 | 4840 | ... | 23770