skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Abanyeshuri batunguwe no kubona Jose Chameleon yambaye ikanzu atarigeze akandagiza ikirenge ku ishuri

Jose Chameleone yashyize hanze ifoto ye hanze yambaye imyenda yambarwa n’abantu barangije Kaminuza muri Kyambogo University.
13 December 2018 Yasuwe: 3107 0

Umugore wa Kibonke yibarutse nyuma y’amezi 2 basezeranye

Umugore w’umunyarwenya Kibonke yibarutse Imfura y’umukobwa nyuma y’amezi 2 basezeranye imbere y’amategeko.
13 December 2018 Yasuwe: 1687 0

Amafoto yaciye ibintu: Supersexy akomeje gusakaza amafoto ye hanze yerekana ibice bye by’ibanga

Mu mafoto taciye ibintu turasangamo agaragaza umunyamidelikazi supersexy n’amafoto agaragaza ibice bye by’ibanga,amafoto agaragaza umugabo wakoze ubukwe n’abagoe 2 ,amafoto yaciye ibintu ku mbuga...
13 December 2018 Yasuwe: 6489 0

Irene ngo Diamond yamubenze yaramaze kumwiba ikintu cy’agaciro mu buzima bwe

Irene Hillary wahoze akundana yavuze ko Diamond yamubenze yaramaze kumwiba umutima we mu gihe yamenyaga ko yabonye undi mukobwa bakundana banateganya ubukwe...
13 December 2018 Yasuwe: 4221 0

Safi Madiba yatangaje impamvu Harmonize yanze kumenyekanisha indirimbo bakoranye

Safi yavuze ko abahanzi bo muri Wasafi bakunda kwiharira ibintu byose ngo iyo utabahaye indirimbo ngo bayibyazemo umusaruro ntibashobora kugukorera igikorwa cy’urukundo ngo...
13 December 2018 Yasuwe: 1534 0

Umugabo yashyingiranwe n’abagore 2 ku munsi umwe [AMAFOTO]

Umugabo utatangajwe amazina w’i Kisaju, mu gace ka Kajiado, muri Kenya, yasezeranye n’abagore babiri umunsi umwe.
13 December 2018 Yasuwe: 2205 1

Ntabwo nzi gutereta mbona abakobwa bisukiranya babisikana bandwanira –Green P

Green P yatangaje ko atazi gutereta ahubwo atungurwa nuko abakobwa babisikana bamurwanira.
13 December 2018 Yasuwe: 1800 0

Ese ShaddyBoo ajya asabwa n’umugabo we Meddy Saleh ko amusura ?

.ShaddyBoo yavuze ko atajya akumbura umugabo we Meddy Saleh. .Njyewe ntago njya musura ariko abana bo baramusura.
12 December 2018 Yasuwe: 4277 0

Umukunzi wa Pacento yashyize hanze umusore wamushukishije ibihumbi 60,0000frw ngo baryamane akamwangira

Umukunzi wa Pacento yashyize hanze umusore wamuhaye ibihumbi 60,000frw agirango baryamanye amutanye n’umukunzi we akamwangira.
12 December 2018 Yasuwe: 3323 0

Mu Rwanda hateguwe igitaramo kizahuriza hamwe abasore n’abakobwa b’impanga

Taliki ya 30 Ukuboza 2018, hazaba ibirori byahariwe abana b’impanga aho kuri iyi nshuro bazaha umwana n’abandi bifuza kwirebera abantu basa cyane kurusha...
12 December 2018 Yasuwe: 1879 0
0 | 10 | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | ... | 2030