Ariana Grande uri mu bahanzi bakomeye ku Isi, yatandukanye na Pete Davidson bari bamaze amezi atanu bambikanye impeta ihamya urukundo rwabo rwaganishaga ku kubana nk’umugore...
Kuri iki cyumweru Urban Boys yanenzwe n’abafana bayo nyuma yo gusohoka mu kabyiniro aho bari bagiye kwerekana amashusho yabo kubera ko bahahuriye n’umuhanzi ukizamuka nawe wari uje kwereka abafana...
Mutoni Assia yavuze ko mu bintu biba ku mubiri we bimutera isoni n’ububyibuho we uza ku isonga aho ngo amenye aho bakora umuntu akagira urugara ruto yajyayo.
Kanye West uherutse kwiyita ‘Ye’ n’umugore we Kim Kardashian bagiranye ibiganiro na Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere bamuha impano y’inkweto nawe abaha...