Abahoze ari abayobozi bakuru b’itorero rya ADEPR barimo Bishop Jean Sibomana na bamwe muri bagenzi be bahanaguweho ibyaha byo kunyereza umutungo no gukoresha nabi umutungo ufitiye rubanda inyungu,...
Impuguke zivuga ko imineke ari zo mbuto ziribwa cyane kurusha izindi ku isi, aho buri mwaka imineke miliyari 100 iribwa n’abatuye isi, 95% byayo ikaba ari iyo mu bwoko bwa...
Indege yo muri Amerika yarivuye Seattle igiye Dallas byabaye ngombwa ko isubira inyuma yarimaze amasaha ihagurutse kubera ko hari umutima w’umuntu wasigaye muri iyo...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside yavuze ko kuba ingengabitekerezo ya Jenoside byerekana ko Abanyarwanda bari kurushaho kunga...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 13 Ukuboza 2018 ibiro bya Komisiyo y’ Igihugu cy’ Amatora muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo yafashwe n’ inkongi y’ umuriro ibikoresho byari kuzifashishwa...