skol
Kigali

Author

Renzaho Ferdinand

Icyizere cyo kuba Uburusiya bwabana n’ ubutegetsi bushya bw’ Amerika kiraje amaside

Ubwo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hajyagaho ingoma ya Trump, perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko yizeye kuzagirana umubano mwiza na Leta zunze ubumwe z’Amerika, ariko uko iminsi...
3 August 2017 Yasuwe: 323 0

Agatsiko k’amabandi yitwaje intwaro kahagaritse ubuzima bwa benshi mu ntara ya Kivu

Agatsiko k’amabandi yitwaje intwaro yahagaritse ubuzima bwa benshi mu ntara ya Kivu y’amajyaruguru muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo. Agatsiko k’amabandi yitwaje intwaro kasenye ibigo...
3 August 2017 Yasuwe: 1602 0

RDC: Abarimu ba Kaminuza bateguye imyigaragarambyo yo gusaba kongezwa umushahara

Abarimu bo muri kaminuza ya Kinshasa muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, baratangaza ko bashaka gukora imyigaragambyo ikomeye ku wa Mbere tariki ya 07 Kanama, yo gushyira igitutu kuri...
3 August 2017 Yasuwe: 373 0

Mu by’ ingenzi byaranze tariki ya 03 Kanama Perezida wa Mauritania yitabiriye ishyingura ahirikwa ku...

Turi tariki ya 03 Kanama, ni umunsi wa 215 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 150 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, uyu munsi umaze kuba ari ku wa kane inshuro 56. Bimwe mu bintu...
3 August 2017 Yasuwe: 881 0

Umupadiri yafashwe atwaye umukobwa w’imyaka 13 muri motel nyuma yo kwishyura uhagarariye indaya

Umupadiri Arnel Fuentes Lagarejos w’imyaka 55, wayoboraga paruwasi yitiriwe Mutagatifu Yohani mu mugi wa Marikina muri Philippines, araregwa ibyaha byo guhohotera abana b’abanyeshuri abasohokanye...
2 August 2017 Yasuwe: 3230 1

Ubuhamya bwa Munyakazi wavuye Iwawa

Ubuhambya bw’uwavuye Iwawa amazeyo umwaka n’amezi 2, uvuga ko kujya mu bigare bibi bituma wishora mu biyobyabwenge umukwabo ukaba wagufata ukajyanwa Iwawa, ariko ngo iyo bagezeyo ntabwo bakubitwa...
2 August 2017 Yasuwe: 1134 0

Tariki ya 02 Kanama ba Einstein bandikiye Perezida wa USA ku bisasu byatwaye ubuzima bwa benshi

Turi tariki ya 02 Kanama ni umunsi wa 214 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 151 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo, uyu munsi umaze kuba ari ku wa gatatu inshuro 56. Bimwe mu bintu...
2 August 2017 Yasuwe: 413 0

Dore ibintu bikomeye byagiye bishwanisha Amerika n’ u Burusiya

Umubano w’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ni uwa kera, ariko wakomeje kugenda uzamba uko imyaka yahitaga indi igataha. Mu ntambara y’isi yose ibihugu byombi byari bifatanyije kuyirwana...
1 August 2017 Yasuwe: 1387 0

Ubushinwa ngo burambiwe ubusabe bw’ Amerika n’ u Buyapani

Perezida w’ u Bushinwa Xi Ping Ubushinwa bwatangaje ko burambiwe ubusabe bwa Leta zunze ubumwe z’America n’Ubuyapani mu kurwanya korea ya ruguru ikomeje kugerageza ibisasu bya kirimbuzi. Reuters...
1 August 2017 Yasuwe: 3116 0

RDC: Batanu bakomerekejwe n’ amasasu basaba ingengabihe y’ amatora ya Perezida

Muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo abantu 5 bakomerekejwe n’amasasu ubwo bigaragambyaga basaba ingengabihe y’amatora ya 2017. Mu gihugu cya repubulika iharanira demukarasi ya Congo,...
31 July 2017 Yasuwe: 643 0
0 | 10 | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | ... | 100