Tariki ya 27 Nyakanga abakunzi ba filime bizihiza ivuka ry’umuhanga mu mafilime n’imikino njyarugamba wanatojwe na Bruce Lee "Donnie Yen"
Turi tariki ya 27 Nyakanga ni umunsi wa 208 w’umwaka mu...
Minisitiri w’ intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yatangaje ko ikinyamakuru gikomeye gifite televiziyo y’ Abakatari Al Jazeera kigomba gufungwa muri Israel kubera guhembera amakimbirane...
Umukobwa w’imyaka 17, yatawe muri yombi nyuma yo kumvirizwa kuri telephone apanga n’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa IS, kugaba ibitero by’ubwiyahuzi
Polisi yo mu Bwongereza yataye muri yombi...
Hillary Clinton yabaye umugore wa mbere wemerewe kuba mu bakandida biyamamariza kuyobora Leta zunze ubumwe z’America, ni kimwe mu byaranze tariki ya 26 Nyakanga.
Turi ku wa gatatu tariki ya 26...
Umurambo w’umukobwa wambaye ubusa wabonywe mu rutoki nyuma yo kuhatabwa n’abagizi ba nabi bari bamaze kumuhohotera.
Mu karere ka Wakiso, muri Uganda kuri uyu wa mbere, umurambo w’umukobwa witwa...
Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe w’imyaka 93 yatunguye muramu we ku isabukuru y’amavuko, amuha impano y’amadolari ya Leta zunze ubumwe z’Amerika 60,000 mu manyarwanda ararenga miliyoni 51...
Abarwanya ubutegetsi bwa Perezida wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo Joseph Kabila bagaragaje uburyo bwo kuzaserera Kabila ku mwanya wa perezida w’ igihugu
Mu mpera z’icyumweru gishize...
Uyu munsi ni ku wa Mbere tariki ya 24 nyakanga ni umunsi 205 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 160 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.iyi tariki imaze guhurirana no ku wa mbere...
Ibyaranze tariki ya 23 Nyakanga birimo kuba Autriche-Hongrie yarahaye gasopo ubwami bwa Serbia kubera ibyaha by’iyicwa ry’igikomangoma Francois Ferdinand byanabaye intandaro y’intambara ya mbere...
Umuyobozi w’umugi wa Kampala, Beti Kamya, yitabiriye ibiganirompaka bivuga ku kibazo cy’inzitizi y’imyaka mu kuyobora Uganda, ibiganiro Museveni aherutse kuvuga ko ari uguta umwanya.
Dailymonitor...