skol
fortebet

Gerry Mugwiza yavuze byinshi ku guca imyeyo,uko bikorwa nuko wakwitwara waramaze guca imyeyo

Yanditswe: Monday 26, Aug 2019

Sponsored Ad

Muhawenimana Gerardine wamamaye cyane kuri Radio Flash Fm umunyarwandakazi usanzwe ufasha imiryango itandukanye cyane cyane abagore bifuza kubaka rugakomera ashingiye k’umuco gakondo w’abanyarwanda wo guca imyeyo.

Sponsored Ad

Mu kiganiro yagiranye na DC TV RWANDA yahishuye uburyo baca imyeyo ndetse yemeza ko ari umuco gakondo w’abanyarwanda ugomba gusigasirwa.

Ati”Uyu muco urimo kugaruka cyane muri iyi minsi kuko tubona abantu benshi batugana babishaka tukabafasha.”

Mugwiza kandi agira inama abababikora batabifiteho ubumenyi,ko bagomba kwitonda kuko Atari ugupfa kubikora uko ubonye.

Ati”Niba koko biri kugaruka, ntago ari ugupfa kubikora kuko hari kirazira bigomba kugendana,ntibikwiye ko wabikora utabifitiye ubumenyi buhagije".

YanaKebuye abagore bamara guca imyeyo ugasanga bishoye mu ngeso mbi z’ubusambanyi.

Ati ”Niba waraciye imyeyo singombwa ko ugenda ugasambana ,hoya....kuko buriya umukobwa agomba kurinda ubusugi bwe,ni no kumenya ko gukubagana (Gusambana) atari ibintu umuntu agomba gukora uko abonye".

Mugwiza yahishuye ibindi bintu bikomeye utari uzi!

REBA IKIGANIRO KIRAMBUYE TWAGIRANYE NA MUGWIZA GERRY

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa