skol
fortebet

Imikino

Ikipe ya Police yabonye umunyamabanga mushya

Police FC yakoze impinduka mu buyobozi bwayo, ishyiraho SP Diane Ntakirutimana nk’Umunyamabanga (…)

Amafoto ya Lamine Yamal n’umuvandimwe we w’imyaka itatu yigaruriye imbuga nkoranyambaga

Nyuma yuko Ikipe y’Igihugu ya Espagne yegukanye Igikombe cy’Isi, rutahizamu wayo Lamine Yamal (…)

Rayon Sports yinjije asaga miliyoni 50 Frw kuri Rayon day

Ibirori bya Rayon Day 2026 "Umunsi w’igikundiro" bitegurwa n’ikipe ya Rayon Sports byabereye (…)

France: Ikiragano gishya, Zidane arasimbura Didier Deschamps

Zinédine Zidane azasimbura Didier Deschamps ku butoza bw’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa (Les (…)

Espagne yegukanye igikombe cy’isi ihigitse Argentine

Ikipe y’igihugu ya Espagne yegukanye igikombe cy’Isi nyuma yo gutsinda Argentine igitego 1-0.

WorldCup2026: Espagne yahuye n’ibizazane bishobora kongerera amahirwe ikipe ya Argentine

Ikipe y’Igihugu ya Espagne yahuye n’imbogamizi ikomeye mbere y’umukino wa nyuma w’Igikombe (…)

Mbappe yahaye Messi umukoro ukomeye cyane nubwo yatsinzwe n’Ubwongereza

Urugamba rwo guhatanira Urukweto rwa Zahabu ruhabwa uwatsinze ibitego byinshi mu Gikombe cy’Isi (…)

Lionel Messi yatangiye gukanga Lamine Yamal mbere y’uko bahura ku mukino wa nyuma

Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Argentina, Lionel Messi, yavuze ko Lamine Yamal ari umwe mu (…)

Umwambaro Pelé yakinanye igikombe cy’isi mu 1958 wagurishijwe arenga miliyari 7 Frw

Umwambaro w’umunyabigwi mu mupira w’amaguru ku isi, Edson Arantes do Nascimento ‘Pelé’, (…)

Ikipe ya Gor Mahia FC yageze i Kigali yitabiriye Rayon day

Ikipe ya Gor Mahia FC yo muri Kenya izakina na Rayon Sports ku munsi w’Igikundiro ‘Rayon Day’ (…)

Harry Kane yatangaje ko hakiri kare kumenya niba azongera gukina igikombe cy’isi

Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, Harry Kane, yatangaje ko hakiri kare kuvuga niba (…)

Umukinnyi mushya wa Aston Villa aravugwaho kubabazwa n’amasezerano iyi kipe yagiranye na VISIT RWANDA

Umukinnyi Johan Manzambi ukina mu kibuga hagati avugwaho kubabazwa n’uko Aston Villa ateganya (…)

Ibyabaye ku mutoza wa Argentine ubwo yatsindaga Ubwongereza igitego cya 2 byatunguye benshi

Umutoza wa Argentine, Lionel Scaloni, yananiwe kwishimira igitego cya kabiri iyi kipe ye (…)

Didier Deschamps agiye gusigira intebe y’ubutoza Zidane

Didier Deschamps azasoza urugendo rwe nk’umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa nyuma (…)

Inkuru y’akababaro: Umukinnyi wakiniye amakipe akomeye muri Volleyball y’u Rwanda yitabye Imana

Umukinnyi w’umukino wa Volleyball, Patrick Byiringiro wari uherutse kwerecyeza mu ikipe APR VC, (…)