skol
fortebet

Mu Rwanda

Kigali: Fuso yagonze imodoka 3 na moto 3

Impanuka ikomeye y’imodoka yabereye mu Mujyi wa Kigali ku Kicukiro, yahitanye abantu batatu, mu (...)

Kimironko: Bus itwara abagenzi yagonze umumotari n’umugenzi yari atwaye bahasiga ubuzima

Impanuka ya bus itwara abagenzi kuri uyu wa Mbere ku Kimironko yahitanye umumotari n’umugenzi (...)

Kirehe: Bahangayikishijwe n’ibyumba by’amashuri byasambutse abanyeshuri bagiye gutangira

Abaturage batuye mu kagari ka Nyarutunga, mu Murenge wa Nyurubuye , bavuga ko bahangayikishijwe (...)

NYAGATARE: Yafatiwe mu cyuho agerageza guha abapolisi ruswa y’arenga ibihumbi 101Frw

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Nyagatare, yafashe umugore wageragezaga guha abapolisi ruswa (...)

Muhanga: Hashyizweho isaha ntarengwa yo kuba abagore bavuye mu kabari

Ubuyobozi bw’Umudugudu wa Karama, Akagari ka Ruli, Umurenge wa Shyogwe bwashyizeho ingamba zo (...)

Rusizi: Umukecuru yasanzwe mu nzu yishwe atewe icyuma hakekwa musaza we

Kantarama Marceline w’imyaka 65 wibanaga mu Mudugudu wa Bahemba, Akagari ka Kangazi, Umurenge wa (...)

Rusizi: Abana 2 bahiriye mu nzu barakongoka

Mu Mudugudu wa Cyimbogo, Akagari ka Karangiro, Umurenge wa Nyakarenzo, Akarere ka Rusizi, (...)

Zimbabwe yavuze ku makuru avuga ko yaburijemo umugambi wa Tshisekedi wo kwivugana Kabila

Leta ya Zimbabwe yahakanye amakuru yavuzwe mu cyumweru gishize y’uko yaba yaraburijemo umugambi (...)

Israel yagabye igitero cy’indege 100 muri Liban aho ivuga ko yasenye ibisasu 1000 bya Hezbollah

Igisirikare cya Israel cyavuze ko indege zacyo z’intambara zagabye igitero ku bihumbi by’imbunda (...)

Sandrine Isheja wakoreraga Kiss FM yagizwe umuyobozi wungirije muri RBA

Isheja Sandrine Butera wari umunyamakuru kuri Radio Kiss FM, yagizwe Umuyobozi Mukuru Wungirije (...)

METEO Rwanda yatangaje ko imvura y’umuhindo tugiye kwinjiramo imenze nk’iyaguye mu myaka 30 ishize

Imvura y’umuhindo iteganyijwe mu Rwanda, ni ukuvuga mu mezi atatu ari imbere, ntihabanye (...)

MINISANTE yatanze impuruza ku cyorezo cya Mpox(Ubushita bw’inkende)

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yatangaje ko bari gukorana n’izindi nzego zose mu (...)

MIFOTRA yatangaje ko hari umushinga wo kuvugurura umushahara fatizo inasobanurira abumva ko umushara uzazamuka

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko umushahara fatizo mushya uri kwigwaho (...)

Icyizere cy’ibiganiro hagati y’Uburusiya na Ukraine cyayoyotse

Abayobozi mu Burusiya baravuga ko ubwirinzi bw’ibitero byo mu kirere bw’u Burusiya byahanuye (...)

Intumwa za Congo n’iz’u Rwanda zongeye guhurira muri Angola

Ibihugu by’u Rwanda na Congo bikomeje gushakisha icyatuma umubano wabyo usubirana nyuma yo (...)

0 | 15 | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | ... | 2010