skol
fortebet

Amafoto y’umugore wa Fabregas umurusha imyaka 12 arimo gutangarirwa [AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 22, Jun 2018

Sponsored Ad

skol

Uyu mugore umaze imyaka 7 akundana na Cesc Fabregas ,si ubwa mbere agaragaye mu bitangazamakuru kuko atangira gukundana na Fabregas,yari amaze gutandukana n’abagabo 2 ndetse amurusha imyaka 12 yose,ibintu byatangaje abakunzi b’uyu musore.

Sponsored Ad


Daniella Semaan w’imyaka 42 yatangaje abantu kubera amafoto agaragaza ubwiza bwe kandi akuze ndetse benshi bongera kwibaza icyatumye Fabregas w’imyaka 30 amukunda.

Daniella na Fabregas bakundanye mu mwaka wa 2011 ndetse bamaze kubyarana abana 3 biyongera kuri 2 uyu mugore yakuye ku bandi bagabo yakundanye nabo mbere yo kumenya Fabregas.

Aba bombi bahuriye muri resitora imwe yo mu mugi wa London aho uyu mugore yegereye uyu mukinnyi kugira ngo amusinyire ko bahuye bitewe n’uko umuhungu w’uyu mugore yakundaga cyane umukinnyi Cesc Fabregas birangira banakundanye none bamaranye imyaka 7.

Ibitekerezo

  • Nubwo afite imyaka 42,ni mwiza rwose.Ikibazo nuko akoresha umubiri we mu buryo imana itubuza.Fabregas nawe namuhaga,azamuta afate undi.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko kandi ntidutandukane.Millions and millions z’abantu,ntabwo bazi ko gusambana ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka kandi ntuzazuke.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane. Abantu bumvira imana,bazazuka ku munsi w’imperuka nkuko Yesu yavuze muli Yohana 6,umurongo wa 40.Hanyuma imana ibahembe ubuzima bw’iteka muli Paradizo.Igihano cy’abanyabyaha,ni urupfu rwa burundu nta kuzuka.Soma Abaroma 6:23.

    Umugore wumunyamahirwe !!!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa