skol
fortebet

Abanyamakuru b’imikino mu Rwanda byabanze mu nda bose bagaragaza amarangamutima y’amakipe bafana

Yanditswe: Friday 02, Aug 2019

Sponsored Ad

skol

Burya nubwo usanga abanyamakuru ba sport bihandagaza bagasebya amakipe baba bafana ibi ntibiba bikuraho ko bayakunda kandi banayashyigikira.

Sponsored Ad

Abanyamakuru kenshi nakeshi biragoye kuba wamenya ngo afana ikipe iyi niyi gusa kenshi nakenshi abantu bakunda kubatahura iyo barimo kogeza umupira doreko bamwe wumva ko guhisha amaranga mutima bibagora gusa bakiyumanganya kugirango batica akazi bakabogamira ku ruhande rumwe.

Infurayiwacu mu mwambaro wa Arsenal

Gusa bamwe bavuga ko nubwo bakora umwuga w’itangazamakuru bidakuraho y’uko ari abafana b’amakipe dore ko binjiye mu mwuga gusa bafite amakipe bakunda . Jean Luc Imfurayacu yabwiye Funclub ati: “Sinabihisha kuko (Arsenal) ni ikipe mfana ni imwe mu bintu byatumye nkunda umupira, natangiye kuyifana kuva mu mwaka w’1998 nanubu”.

“Icyiza ni uko itambangamira mu kazi ahubwo n’abo tubana mu ma group(ya Arsenal) usanga baba batumva uburyo ntayivuze neza kuri Micro ariko kaba ari akazi. Gusa ndayikunda byanarushijeho ubwo hazagaho Visit Rwanda”.

David Mugaragu mu mwambaro wa Manchester United

Iyo ugiye kureba usanga umubare mwinshi w’abanyamakuru b’igitsina gabo bafana ikipe ya Arsenal mugihe ikipe ya Manchester Unitede ikundwa n’abagore ,igitunguranye n’uko ikipe ya Tottenam ifanwa n’umunyamakuru umwe wa Sport Kanyizo ukora kuri City Radio

ARSENAL

Jean Butoyi-RBA
Kayishema Tity Thierry-RBA
Jado Castar- Radio 10
Jean Luc Imfurayacu- Radio 10
Sidiq Nsengiyuma-Radio 10
Benjamin Hagengimana-Radio 10
Mucyo Antha-Radio 10
Claude Hitimana- Flash FM
Mahoro Nasri- Flash Fm
Muramira Regis- City Radio
Gakuba Felix Romalio- AZAM
Sadi Habimana-Isango Star
Roben Ngabo-Isango Star
Guss Bigirimana-Isango Star
Sammy Imanishimwe- KT Radio
Prudence Nsengumukiza-KT Radio
Jacques Furaha- KT Radio
Sam Karenzi- Radio Salus
Kayitankore Dodos- Radio 1
Paluku Rene Pedro- Radio 1
Niyifasha Didace- Inkoramutima
Happy Bunani- Freelancer
Bacaro Forodo- Freelancer
Hardi Uwihanganye-FunClub
Egide Njoli- Inkoramutima

MANCHESTER UNITED

Mugaragu David- RBA
Bayingana David- Radio 10
Yvonne Iradukunda-Radio 10
Rigoga Ruth- RBA
Clarisse Uwimana- Contact FM
Grace Kantarama- Huguka
Bora Uwase- FunClub
Anneth Mugabo- Hot FM
Aline Tuyishime- Contact FM
Claire Umutoni– Flash FM
Ange Ndizera-Isango Star
Bruno Taifa- City Radio
Nepo Dushime-City Rado
Jean Paul Nkurunziza-Isango Star
Jado Dukuze-FunClub
Amon Nuwamanya-Authentic Radio
Rabbin Iman Isaac- TV1
Fidel Bugingo- Imvaho Nshya
Eric Tony Ukurikiyimfura-IGIHE
Saddam Mihigo- Inyarwanda
Rwubaka Mustapha- KT Radio
Canisius Kagabo- Isimbi
Is’aq Mulemba- BTN
William Kadu- Flash Fm

CHELSEA

Jado Max- Kiss FM
Fuade Uwihanganye- Radio/TV10
Paty Habarugira-RBA
Ntare Julius- IGIHE
Fautsin Mugenzi- Isango Star
Thabit B- AZAM TV
Ephrem Kayiranga-Flash FM
Esther Fifi- Radio 10
Axel Rugangura-RBA
Felix Gakwandi- Authentic

LIVERPOOL

Peter Kamasa-The New Times
Azakorishaka Jean Damascene
KUBWIMANA Jean Claude Fazil- Voice of Africa
Axel Horahp-Radio 10
Assumpta Mukeshimana- TV1
Guillaume Nkomeje- Imvaho

MANCHESTER CITY

Richard Nshimiyimana- Radio 10
Denis Nkusi- Flash FM
Manzi Rema Jules-Freelancer
Rugimbana Theogene- Radio 1

Ibitekerezo

  • Nimugire amahoro y’Imana, nanjye munshyire ku rutonde rwa Man City. Murakoze

    Hari abanyamakuru banjijishije sinunva ukuntu Benjamin Gicumbi adafana Chelsea it’s impossible undi ni Kadu William uburyo adafanamo Arsenal wowe wakoze urutonde check clearl!!!gusa bibaye byo ibi wanditse aba bagabo bombi baba bazi kujijisha

    Hahahah....cyakora birashomishije...tuzajya tubumva tuzi aho babogamiye......ariko se Bishoboka bite ko ntawe ufana Barcelone FC? Bose ni mu bwongereza gusa?

    Muraho
    Fuadi na Benjamin barajijisha kandi Fuadi ntiyakogeza Chelsea Benjamin ahari nkuko Benjamin atakogeza Arsenal Fuadi ahari,turabamenye!!!

    Naho Nasri we uba ubyumva ko ari umu Gunners ntiwabiyoberwa😮

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa