skol
fortebet

Amafoto atangaje y’abakinnyi ba PSG ubwo bizihizaga umunsi wa Halloween

Yanditswe: Thursday 02, Nov 2017

Sponsored Ad

Mbere yo guhura na Anderlecht abakinnyi ba PSG bagaragaye bambaye imyenda idasanzwe mu rwego rwo kwizihiza umunsi w’icyikango wa Halloween wizihizwa ku i taliki ya 31 Ukwakira buri mwaka n’abantu bo mu bihugu by’iburayi na Amerika.
Abakinnyi ba Paris Saint Germain barangajwe imbere na Neymar Junior bagaragaye bambaye imyenda idasanzwe mu rwego rwo kwizihiza umunsi w’icyikango (Halloween)wizihizwa cyane n’abanyamerika, Canada no mu bihugu by’iburayi,ukaba wizihizwa buri mwaka ku I taliki ya 31 (...)

Sponsored Ad

Mbere yo guhura na Anderlecht abakinnyi ba PSG bagaragaye bambaye imyenda idasanzwe mu rwego rwo kwizihiza umunsi w’icyikango wa Halloween wizihizwa ku i taliki ya 31 Ukwakira buri mwaka n’abantu bo mu bihugu by’iburayi na Amerika.

Abakinnyi ba Paris Saint Germain barangajwe imbere na Neymar Junior bagaragaye bambaye imyenda idasanzwe mu rwego rwo kwizihiza umunsi w’icyikango (Halloween)wizihizwa cyane n’abanyamerika, Canada no mu bihugu by’iburayi,ukaba wizihizwa buri mwaka ku I taliki ya 31 Ukwakira.

Uyu munsi wa Halloween ifatwa nk’umunsi wa Gipagani cyane ko benshi mu bawizihiza baba bambaye mu buryo buteye ubwoba aho benshi bemeza ko abawizihiza baba bambaye nk’abazimu.

Abasore nka Neymar jr,Dani Alves,n’abandi bagaragaye bambaye muri ubu buryo mbere yo guhura na Anderlecht mu mukino wa UEFA Champions League ku wa kabiri aho bayinyagiye ibitego 5-0.

Neymar na Dani Alves



Neymar na mushiki we Rafaella

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa