Amafoto y’umukunzi wa Cristiano Ronaldo n’uwa Ramos bambaye bikini yaciye ibintu mbere y’uko abagabo babo bacakirana [AMAFOTO]
Yanditswe: Friday 15, Jun 2018
Benshi mu bakunzi ba ruhago bategereje ihangana rya Cristiano Ronaldo na Sergio Ramos bakinana muri Real Madrid baraza gucakirana uyu munsi mu gikombe cy’isi bahagarariye ibihugu byabo Espagne na Portugal, gusa haramutse ihangana ry’amafoto y’abakunzi b’aba bakinnyi bombi.
Cristiano Ronaldo amaze umwaka urenga akundana na Georgina Rodriguez ndetse babyaranye umwana w’umukobwa witwa Alana Martina mu gihe myugariro Sergio Ramos afitanye abana 3 na Piral Rubio umurusha imyaka 8 kuko afite imyaka 40.
Portugal na Espagne baracakirana ku I saa mbili z’umugoroba mu mujyi wa Sochi mu mukino wa mbere wo mu itsinda B aho benshi biteze ihangana ry’uyu myugariro ufatwa nk’uwa mbere ku isi Sergio Ramos na rutahizamu Cristiano Ronaldo wa mbere ku isi.
Portugal niyo ibereyemo umwenda Espagne kuko inshuro imwe bahuye mu gikombe cy’isi ari mu mwaka wa 2010 bageze muri 1/16 cy’irangiza,mu mukino warangiye ari igitego 1-0 cya Espagne cyatsinzwe na David Villa.
Georgina Rodrigiez-Cristiano Ronaldo
Pilar Rubio-Sergio Ramos
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *