skol
fortebet

Hari abatangariye uburanga bw’umukunzi wa Kwizera Pierrot [AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 22, Feb 2018

Sponsored Ad

Umukinnyi Kwizera Pierrot wafashije ikipe ya Rayon Sports gusezerera ikipe ya LLB ku munsi w’ejo,ari kuvugwa hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto yagiye hanze ari kumwe n’umukunzi we.
Uyu musore ukina hagati mu kibuga,ntabwo akunze kuvugwa mu buzima busanzwe butari umupira w’amaguru kubera imyitwarire myiza agira mu kibuga no hanze yacyo,gusa hari amafoto ari gucicikana ari kumwe n’umukobwa w’uburanga benshi bemeje ko ari umukunzi we.
Kwizera Pierrot niwe wari kapiteni wa Rayon (...)

Sponsored Ad

Umukinnyi Kwizera Pierrot wafashije ikipe ya Rayon Sports gusezerera ikipe ya LLB ku munsi w’ejo,ari kuvugwa hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto yagiye hanze ari kumwe n’umukunzi we.


Uyu musore ukina hagati mu kibuga,ntabwo akunze kuvugwa mu buzima busanzwe butari umupira w’amaguru kubera imyitwarire myiza agira mu kibuga no hanze yacyo,gusa hari amafoto ari gucicikana ari kumwe n’umukobwa w’uburanga benshi bemeje ko ari umukunzi we.

Kwizera Pierrot niwe wari kapiteni wa Rayon Sports ku mukino wo ku munsi w’ejo bakinnye na Lydia Ludic kuri stade ya Prince Louis Rwagasore I Bujumbura ,warangiye ku ntsinzi ya Rayon Sports y’igitego 1-0.

Ibitekerezo

  • Nibyo koko ni mwiza.Ariko ubwiza bw’aba bakobwa nibwo bubatera ibibazo.Nubwo mubyita ngo ni Umukunzi we,namara kumuhaga ejo azamuta kandi n’ubundi amuca inyuma.Muzi ibimaze kuba kuli ZARI na DIAMOND.ZARI amaze kubana n’abagabo 4,udashyizemo abandi baryamanye.DIAMOND nawe yaryamanye n’abakobwa batagira umubare,bose abita Abakunzi be.Ubusambanyi ntimukabwite Urukundo,kuko bibabaza imana yacu.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe gusa umuntu tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu,ntabwo bazi ko gusambana ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka kandi ntuzazuke.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.Nibyo bita “Spiritual Myopia”. Abantu bumvira imana,bazazuka ku munsi w’imperuka nkuko Yesu yavuze muli Yohana 6,umurongo wa 40.Hanyuma imana ibahembe ubuzima bw’iteka muli Paradizo.

    nonese bibatwaye iki?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa