Breaking: Mali ihagaritswe mu marushwa yose na FIFA, Rayon Sports ikomeza idakinnye na Onze Créateurs
Yanditswe: Friday 17, Mar 2017
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi FIFA ihagaritse igihugu cya Mali mu amatushanwa yose nyuma y’uko leta y’iki gihugu yivanze mu ibikorwa bya ruhago.
FIFA nyiyemera igihugu icyo ari cyo cyose kivanga mu ibikorwa bya ruhago. Mu icyumweru gishize mbere y’umukino wahuje Onze Créateurs na Rayon Sports nibwo Minisitiri w’umuco na siporo muri Mali abitegetswe na Perezida wa Mali yafunze ahokoreraga federasiyo y’iki gihugu.
Ku umugoroba wo kuri uyu wa Kane nubwo FIFA yafashe icyemezo cyo (...)
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi FIFA ihagaritse igihugu cya Mali mu amatushanwa yose nyuma y’uko leta y’iki gihugu yivanze mu ibikorwa bya ruhago.
FIFA nyiyemera igihugu icyo ari cyo cyose kivanga mu ibikorwa bya ruhago. Mu icyumweru gishize mbere y’umukino wahuje Onze Créateurs na Rayon Sports nibwo Minisitiri w’umuco na siporo muri Mali abitegetswe na Perezida wa Mali yafunze ahokoreraga federasiyo y’iki gihugu.
Ku umugoroba wo kuri uyu wa Kane nubwo FIFA yafashe icyemezo cyo guhagarika Mali mu amarushanwa yose bitewe n’uko iki gihugu kivanze mu ibikorwa bya ruhago kitabifitiye uburenganzira.
Ibaruwa FIFA yandikiye Mali iyihagarika
Ibi bivuze amakipe ya Djoliba na Onze Créateurs zari zihagarariye Mali mu imikino nyafurika zirahita zisezererwa.
Ibi byaba ari amahirwe ku ikipe ya Rayon Sports yari ifite umukino wo kwishyura na Onze Créateurs kuri uyu wa Gatandatu, umukino ubanza Rayon Sports yatsindiwe muri Mali 1-0. Rayon Sports irahita ikomeza mu icyiciro gikurikiyeho.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *