skol
fortebet

Floyd Mayweather yaciye ibintu kubera ifoto y’umukobwa yakoresheje yamamaza igitaramo cy’urukozasoni ari gutegura

Yanditswe: Saturday 01, Dec 2018

Sponsored Ad

Icyamamare mu mukino w’iteramakofi Floyd Mayweather cyateguye ibirori bikomeye byo kubyina bizaba birimo abakobwa bambaye ubusa bizabera iwabo mu mujyi wa Las Vegas aho cyakoresheje ifoto y’urukozasoni mu kucyamamaza kuri Instagram,yatumye benshi bacika ururondogoro.

Sponsored Ad

Floyd wamaze gutangaza ko yasezeye ku iteramakofe ari gutegura ikirori yise Girl Collection cyo kubyina aho azaba yatumiye aba DJ b’ibyamamare gusa ibi birori biravugwaho ko bizaba birimo ubusambanyi n’agasembuye kenshi.

Nkuko izina ry’ibi birori ribyivugira,abasore n’abakobwa bazabyinana ndetse nibiba ngombwa basambane cyane ko abakobwa bazasusurutsa abantu bazaba bambaye ubusa.

Kwnjira muri iki gitaramo ni amadolari 20 ndetse ikirori nyirizina cyatangiye ku wa Kane w’iki Cyumweru kizasozwa ku munsi w’ejo.

Kwinjira muri ibi birori biganjemo ubusambanyi byateguwe na Floyd Mayweather,ugomba kuba ufite imyaka 21 kuzamura.

Ifoto yaciye ibintu Floyd yakoresheje yamamaza ikirori cye

Ibitekerezo

  • Yararenzwe ifaramga ritangiye kumukoresha amahano , nkaho yabaye intangarugero ngo afashe abatishoboye agiye kwandavura !!
    Nta kundi, agahugu umuco akqndi uwako, none se niba iwabo banabimwemerera nta kundi nyine.

    Harya ngoubwo natwe tugeho twigane ayo mahano ngo ni iko byakozwe n’ umu Star ? Bariya baba bararenze ihaniro, Leta zabo zibyemera,barangiza bakabyita Democrasi ngo ni ukwishyira ukizana.Ahaaa !!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa