skol
fortebet

Igikundiro cya Rayon Sports nicyo cyatumye Tchabalala ayerekezamo

Yanditswe: Friday 12, Jan 2018

Sponsored Ad

Rutahizamu Shabani Hussein uzwi nka Tchabalala yatangarije abanyamakuru ko impamvu yahisemo kwerekeza mu ikipe ya Rayon Sports aho kujya muri Kiyovu Sports nayo yamushakaga, ari umubare w’abafana b’iyi kipe ndetse n’intego ayo.
Tchabalala yavuze ko intego za Rayon Sports ziri hejuru y’iza Rayon Sports ndetse yifuje kuyerekezamo kugira ngo yigaragaze cyane kuko iyi kipe yafashije benshi gusohoka kurusha Kiyovu Sports.
Yagize ati “Njye kugaragaza ubushobozi bw’iwanje mfatanyije na bagenzi (...)

Sponsored Ad

Rutahizamu Shabani Hussein uzwi nka Tchabalala yatangarije abanyamakuru ko impamvu yahisemo kwerekeza mu ikipe ya Rayon Sports aho kujya muri Kiyovu Sports nayo yamushakaga, ari umubare w’abafana b’iyi kipe ndetse n’intego ayo.

Tchabalala yavuze ko intego za Rayon Sports ziri hejuru y’iza Rayon Sports ndetse yifuje kuyerekezamo kugira ngo yigaragaze cyane kuko iyi kipe yafashije benshi gusohoka kurusha Kiyovu Sports.

Yagize ati “Njye kugaragaza ubushobozi bw’iwanje mfatanyije na bagenzi dushikane ikipe kure.Nahisemo Rayon Sports kuko ni ikipe ifite amarushanwa menshi,n’ikipe ikundwa na benshi kandi iyo uyikinnyemo uboneka kare kurusha uri muri Kiyovu.”

Tchabalala yavuze ko yitguye kwigaragaza muri Rayon Sports ndetse avuga ko nta gitutu atewe no gukinira iyi kipe ifite abafana benshi.

Tchabalala yashyize umukono ku masezerano yo gukinira Rayon Sports mu gihe cy’amezi atandatu aho yatanzweho akayabo ka miliyoni 5 z’amafaranga y’u Rwanda.

Tchabalala w’imyaka 26,yakiriwe nk’umwami ubwo yageraga ku kibuga cy’imyitozo cya Rayon Sports cyo mu Nzove aho abafana bamuteruye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa