skol
fortebet

Malariya yatumye Niyonzima Seif adakora imyitozo muri Rayon Sports

Yanditswe: Wednesday 11, Oct 2017

Sponsored Ad

Umusore Niyonzima Olivier uzwi ku izina na rya Seif ntiyakoze imyitozo ku munsi w’ejo ubwo ikipe ya Rayon Sports yakoreraga ku kibuga cyayo giherereye mu Nzove aho iri kwitegura Kiyovu Sports ku Cyumweru.
Uyu musore ukina hagati mu kibuga ndetse uri mu b’ingenzi ikipe ya Rayon Sports igenderaho ntiyagaragaye mu myitozo yo ku munsi w’ejo taliki ya 10 Ukwakira 2017 kubera uburwayi bwa malariya afite nkuko umutoza Olivier Karekezi yabitangaje.
Yagize ati “Seif arwaye malariya afite ikibazo cya (...)

Sponsored Ad

Umusore Niyonzima Olivier uzwi ku izina na rya Seif ntiyakoze imyitozo ku munsi w’ejo ubwo ikipe ya Rayon Sports yakoreraga ku kibuga cyayo giherereye mu Nzove aho iri kwitegura Kiyovu Sports ku Cyumweru.

Uyu musore ukina hagati mu kibuga ndetse uri mu b’ingenzi ikipe ya Rayon Sports igenderaho ntiyagaragaye mu myitozo yo ku munsi w’ejo taliki ya 10 Ukwakira 2017 kubera uburwayi bwa malariya afite nkuko umutoza Olivier Karekezi yabitangaje.

Yagize ati “Seif arwaye malariya afite ikibazo cya malaria mu kanya ni dogiteri ubimbwiye gusa ku munsi w’ejo yari yakoze imyitozo.”

Kuba uyu musore arwaye bishobora gutuma ikipe ya Rayon Sports imubura ku mukino wa Kiyovu Sports mu gihe yaramuka adakize vuba, kandi ari umwe mu bakinnyi bari bamaze gufatisha umwanya ubanzamo muri iyi kipe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa