skol
fortebet

Malia Obama yafotowe ari kumwe n’umukunzi we ari kunywa itabi[AMAFOTO]

Yanditswe: Sunday 21, Jan 2018

Sponsored Ad

Umukobwa w’imfura wa Balack Obama wahoze ari perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika Malia Obama,yafotowe ari kuganira n’umukunzi we Rory Farquharson wari uri gutumagura agatabi.
Ibinyamakuru byinshi byasohoye amafoto y’aba bombi bari kumwe ndetse uyu musore we yari yifatiye agatabi yitumagurira nta kibazo afite mu gihe uyu Maria Obama we yari yishimye cyane. Aya mafoto aje akurikira ayo bafotowe bari gusomanira mu ruhame ubwo bari bari kureba umukino uhuruza benshi muri USA uhuza amakipe 2 (...)

Sponsored Ad

Umukobwa w’imfura wa Balack Obama wahoze ari perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika Malia Obama,yafotowe ari kuganira n’umukunzi we Rory Farquharson wari uri gutumagura agatabi.


Ibinyamakuru byinshi byasohoye amafoto y’aba bombi bari kumwe ndetse uyu musore we yari yifatiye agatabi yitumagurira nta kibazo afite mu gihe uyu Maria Obama we yari yishimye cyane.

Aya mafoto aje akurikira ayo bafotowe bari gusomanira mu ruhame ubwo bari bari kureba umukino uhuruza benshi muri USA uhuza amakipe 2 ya kaminuza akunze guhangana cyane ariyo Harvard na Yale mu Ugushyingo umwaka ushize.

Malia Obama n’uyu musore banganya imyaka 19,bahuriye ku ishuli ryitwa Ivy League school riri muri kaminuza ya Cambridge muri leta Massachusetts.

Malia Obama yakunzwe kugaruka mu bitangazamakuru kubera imyatwarire mibi akunze kugaragaza mu ruhame ndetse mu minsi ishize byavuzwe ko yari atwite igihe se yari akiri ku buyobozi bwa Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Malia na papa we Balack Obama

Uyu musore ukundana na Malia Obama akomoka mu gihugu cy’Ubwongereza ndetse azwi cyane mu mukino wa Rugby aho ari kapiteni w’ishuli bigaho




Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa