skol
fortebet

Messi yatangaje uko yakiriye gusezererwa kwa Juventus ya Cristiano Ronaldo

Yanditswe: Wednesday 17, Apr 2019

Sponsored Ad

Rutahizamu wa FC Barcelona,Lionel Messi yatangaje ko we na bagenzi be bakinana bari ku rwego rwo hejuru mu irushanwa rya UEFA Champions League ariko bagomba kwitondera ikipe zirimo Ajax ikomeje gusezerera ibihangange.

Sponsored Ad

Lionel Messi yatangaje ko kuba Ajax Amsterdam yatsinze Juventus ari ikigaragaza ko irushanwa ry’uyu mwaka rikomeye ndetse nta kipe n’imwe yo gusuzugura.

Yagize ati “Twakinnye umukino mwiza nubwo twatangiye duhuzagurika.imikino ya ½ izaba ikomeye cyane ku ikipe tuzahura nayo hagati ya FC Porto na Liverpool.Kuba Ajax yatsinze Juventus bigaragaza ko irushanwa ry’uyu mwaka rikomeye.”

Lionel Messi yaraye afashije ikipe ya FC Barcelona gutsinda Manchester United ibitego 3-0 birimo 2 bya Lionel Messi,harimo icyo yiherewe n’umunyezamu David de Gea.

Ibitekerezo

  • LIONE MESSI NI UWAMBERE PE!!! NA KOMEZE ATSINDE,

    Uyu mugabo arakize cyane.Umushahara we wo ku kwezi ushobora guhemba presidents bose bo ku isi.Ariko tujye twibuka ko UBUKIRE butatubuza kurwara,gusaza no gupfa.Niyo mpamvu niba dushaka Ubuzima bw’iteka muli Paradis,Yesu yadusabye "gushaka mbere na mbere ubwami bw’imana" nkuko Matayo 6:33 havuga,aho kwibera mu byisi gusa.Abantu bumvira iyo nama Yesu yasize aduhaye,azabazura ku Munsi w’Imperuka,abahe ubuzima bw’iteka nkuko yabyivugiye muli Yohana 6:40.Ntimukishinge bariya bavuga ngo iyo dupfuye tuba twitabye imana.Ntabwo bihuye n’ibyo Bible yigisha.Ikizere cyonyine cy’umuntu upfuye cyo kuzongera kubaho,nta kindi uretse umuzuko wo ku munsi w’imperuka ubikiwe abapfuye bumvira imana kandi batibera mu byisi gusa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa