skol
fortebet

Mukura VS yasinyishije umunyezamu wakuriye muri APR FC

Yanditswe: Friday 11, Aug 2017

Sponsored Ad

Ku munsi w’ejo Taliki ya 11 Kanama 2017 nibwo ikipe ya APR FC yasinyishije umunyezamu Rwabugiri Omar wakuriye mu ikipe ya APRFC amasezerano y’imyaka 2 imukuye mu ikipe ya Musanze yafatiraga mu myaka 2 ishize.
Nyuma yo gutandukana n’umunyezamu wari na kapiteni wabo Mazimpaka Andre,ikipe ya mukura VS yari ikeneye umunyezamu wo kumusimbura aho yerekeje muri Musanze cyane ko ariyo yasinyishije uyu Mazimpaka ihita ihakura uyu musore cyane ko nawe nta cyizere yari asigaranye kukobari bamuguriyeho (...)

Sponsored Ad

Ku munsi w’ejo Taliki ya 11 Kanama 2017 nibwo ikipe ya APR FC yasinyishije umunyezamu Rwabugiri Omar wakuriye mu ikipe ya APRFC amasezerano y’imyaka 2 imukuye mu ikipe ya Musanze yafatiraga mu myaka 2 ishize.

Nyuma yo gutandukana n’umunyezamu wari na kapiteni wabo Mazimpaka Andre,ikipe ya mukura VS yari ikeneye umunyezamu wo kumusimbura aho yerekeje muri Musanze cyane ko ariyo yasinyishije uyu Mazimpaka ihita ihakura uyu musore cyane ko nawe nta cyizere yari asigaranye kukobari bamuguriyeho undi mukinnyi.

Ikipe ya Mukura VS ikomeje kwiyubaka aho uyu aje akurikiye kabuhariwe Gael Duhayindavyi uherutse gusinyira iyi kipe aturutse I Burundi mu ikipe ya Vital’o aho yakoreye amateka umwaka ushize cyane ko yatowe nk’umukinnyi w’umwaka .

Abandi bakinnyi bamaze gusinyira Mukura VS ni myugariro Iragire Saidi wavuye muri Muzinga mu Burundi, Mutebi Rachid wavuye muri Gicumbi FC na Cyiza Hussein Bongereye amasezerano.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa