skol
fortebet

Myugariro Clyne yahuye n’uruva gusenya ubwo yahuraga n’umugore akamufata akanga kumurekura [AMAFOTO]

Yanditswe: Sunday 17, Jun 2018

Sponsored Ad

Umukinnyi w’ikipe ya Liverpool Natanael Clyne ukina mu Bwugarizi yahuye n’uruva gusenya ubwo yari avuye mu kabyiniro agahura n’umugore wahise amufata akamukomeza akamukurwaho n’uko barwanye akamwiyaka.

Sponsored Ad

Ubwo Clyne yari avuye mu kabyiniro yahuye n’umugore utangaje washatse kumwizirikaho arwana nawe amwiyaka bitangaza benshiaho baketse ko yashakaga kumusoma.

Mu ijoro ryakeye nibwo uyu mukinnyi yahuye n’uyu mugore ndetse byasaga n’aho yashakaga kumusoma ku ngufu,uyu mukinnyi w’imyaka 27 yirwanaho ndetse arwana nawe kugeza agiye.

Uyu mukinnyi utaragize amahirwe yo kubona umwanya uhagije wo gukina mu mwaka w’imikino ushize, byatumye atabona amahirwe yo guhamagarwa mu gikombe cy’isi kiri kubera mu Burusiya aho umwanya wafashwe n’umusore ukiri muto witwa Trent Alexander Arnold.





Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa