skol
fortebet

Neymar yagaragaye ari gusomana n’umukunzi we mu ruhame [Amafoto]

Yanditswe: Friday 06, Apr 2018

Sponsored Ad

Neymar Junior uri muri Brazil kwifuza imvune yagize ubwo yari mu ikipe ye ya PSG yongeye kugaragara ari gusomana n’umukunzi we Bruna Marquezine mu ruhame ndetse benshi batungurwa n’uburyo aba bombi bakomeje kugaragaza urukundo rwabo.
Neymar na Marquezine babanye neza
Neymar na Marquezine bari bamaze igihe kinini bashwanye ariko mu mpera z’umwaka ushize nibwo byatangajwe mu binyamakuru bitandukanye ko aba bombi basubiranye ndetse bifotoza basohokanye ku mucanga wa Copacabana uherereye mu (...)

Sponsored Ad

Neymar Junior uri muri Brazil kwifuza imvune yagize ubwo yari mu ikipe ye ya PSG yongeye kugaragara ari gusomana n’umukunzi we Bruna Marquezine mu ruhame ndetse benshi batungurwa n’uburyo aba bombi bakomeje kugaragaza urukundo rwabo.


Neymar na Marquezine babanye neza

Neymar na Marquezine bari bamaze igihe kinini bashwanye ariko mu mpera z’umwaka ushize nibwo byatangajwe mu binyamakuru bitandukanye ko aba bombi basubiranye ndetse bifotoza basohokanye ku mucanga wa Copacabana uherereye mu mugi wa Rio de Janeiro.

Neymar yavunitse akagombambari byatumye abagwa akaba agomba kumara amezi 3 aho yatangiye gukora imyitozo kugira ngo azabashe kugaragara mu gikombe cy’isi giteganyijwe mu Burusiya mu mpeshyi.

Neymar yasomanye na Marquezine mu ruhame ubwo bari bagiye kureba ikinamico

Neymar na Marquezine basomanye mu ruhame ubwo bari bitabiriye kureba ikinamico yari yateguwe n’umugabo witwa Thiago Gagliasso mu mugi wa Rio de Janeiro.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa