Umubyeyi wa Neymar Jr ari we Neymar Senior yatangaje ko umuhungu we agomba kubagwa kugira ngo akire neza aho kuvurwa bisanzwe nkuko byatangajwe n’umutoza wa PSG Unai Emery.
papa wa Neymar yatangaje ko umuhungu we agomba kubagwa
Ku wa Mbere nibwo umutoza wa PSG Unai Emery yatangaje ko Neymar Jr atazabagwa kugira ngo akire vuba azabashe kwitabira umukino wo kwishyura wa 1/8 cy’irangiza muri UEFA Champions League uzabahuza na Real Madrid yabatsinze ibitego 3-1 mu mukino ubanza mu gihe uyu (...)
Umubyeyi wa Neymar Jr ari we Neymar Senior yatangaje ko umuhungu we agomba kubagwa kugira ngo akire neza aho kuvurwa bisanzwe nkuko byatangajwe n’umutoza wa PSG Unai Emery.
papa wa Neymar yatangaje ko umuhungu we agomba kubagwa
Ku wa Mbere nibwo umutoza wa PSG Unai Emery yatangaje ko Neymar Jr atazabagwa kugira ngo akire vuba azabashe kwitabira umukino wo kwishyura wa 1/8 cy’irangiza muri UEFA Champions League uzabahuza na Real Madrid yabatsinze ibitego 3-1 mu mukino ubanza mu gihe uyu mubyeyi we yavuze ko agomba kubagwa akagombambari yavunitse kugira ngo akire neza.
Unai Emery yifuzaga ko Neymar atabagwa kugira ngo azamufashe gusezerera Real Madrid
Papa wa Neymar yavuze ko bategereje muganga w’ikipe y’igihugu ya Brazil ndetse agomba kumubaga,aho byitezwe ko azamara ukwezi n’igice adakina.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *